Tuesday, March 9, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home UMUJYI WA KIGALI

Inama ngarukamwaka y’ uburezi mu Mujyi wa Kigali yibanze ku kibazo cy’ isuku n’ ireme ry’ uburezi.

admin by admin
June 5, 2014
in UMUJYI WA KIGALI
0
0
SHARES
1
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Inama yahuje abayobozi b’ amashuri aherereye mu Mujyi wa Kigali, abahagarariye ababyeyi barerera muri ayo mashuri n’ abandi bafite aho bahuriye n’ uburezi mu mujyi wa Kigali bahuriye mu nama ngarukamwaka y’ uburezi yaguye y’ Umujyi wa Kigali.

DSC_0163.jpg

Related posts

EPEMR yakoze inama y’ubutegetsi ku nshuro yayo ya mbere.

August 3, 2014

Ibimenyetso bigaragaza imihango izababaza umukobwa bigaragara mbere yo kuyigeremo

July 19, 2014

Iyi nama yitabiriwe n’ abayobozi batandukanye bo mu Mujyi wa Kigali

Kuri uyu wa Kane taliki ya 5 Kamena, muri Hotel Hilltop hateraniye inama ngarukamwaka yaguye y’ uburezi mu mujyi wa Kigali. iyi nama ahanini ikaba yibanze ku bintu bitandukanye ariko igaruka cyane ku kwita ku isuku ndetse ndetse n’ ireme ry’ uburezi muri rusange.

Afungura ku mugaragaro iyi nama, Umuyobozi w’ umujyi kigali Fidele Ndayisaba akaba yasabye abitabiriye iyi nama gufatanya bakita ku isuku ndetse no kuyitoza abo barera mu mashuri.

“Ku ishuri ni ku irerero, ntibikwiriye ko umwana arererwa mu mwanda, umwana agomba kurererwa mu isuku agatozwa umuco w’ isuku…” Fidele Ndayisaba

Cyane cyane aha akaba yibanze ku isuku yo mu bwihererero aho usanga bishobora kubakururira indwara zitandukanye.

DSC_0124.jpg

Fidele Ndayisaba, Umuyobozi w’ Umujyi wa Kigali

Ikindi yagarutseho ni ireme ry’ uburezi, aha akaba yerekanye ko mu Rwanda tugifite ikibazo cy’ uko usanga abanyeshuri basohoka mu mashuri usanga ntabumenyi buhagije bafite. ibi ngo bikaba bigaragazwa n’ uko usanga abakoresha binubira ko abasohoka mu mashuri nta bumenyi buhagije bwo gukora akazi neza. akaba yasabye ko iki kigomba kwitabwaho cyane cyane hakitabwa ku bana bo mu mashuri abanza n’ ayisumbuye kuko ari wo musingi.

Umushyitsi mukuru muri iyi nama akaba yari Umunyamabanga wa Leta muri MINEDUC ushinzwe amashuli abanza n’ayisumbuye, Dr Harebamungu Mathias

DSC_0299.jpg

Umunyamabanga wa Leta muri MINEDUC ushinzwe amashuli abanza n’ayisumbuye, Dr Harebamungu Mathias

Mu ijambo rye nawe akaba yagarutse , ku ireme ry’ uburezi, aho yavuze ko ariryo uburezi burambirijeho kandi ariryo bugomba kubakiraho. Akaba yashishikarije ababyeyi kwigisha abana ndetse no kubareka bakiga ururimi kavukire arirwo ikinyanyarwanda cyane cyane mu mashuri mato n’ ay’ incuke kuko umwana utize ururimi kavukire akiri muto usanga bimugiranho ingaruka. “Umwana utize amashuri y’ incuke mu rurimi rwe kavukire uba umuroga, uba umwica, umwica ku gihugu cye, ni ukumwambura umuco..” Dr Harebamungu Mathias

Yanagarutse ku gutoza abana umuco wo gusoma , akaba yavuzeko uyu muco wo gusoma ari mwiza ndetse bari kuwushyirambo imbaraga.

DSC_0327.jpg

Uyu muhango ukaba wasojwe no gutanga ibihembo ku mashuri yabaye indashyikirwa mu mwaka ushize, aho buri shuri ryagenerwaga igikombe na sheki ya Miliyoni 5.

DSC_0410.jpg

Evode Mwizerwa

Previous Post

Umunye Ghana ngo yaba yamaze kuroga Cristiano Ronaldo ngo atazaboneka mu gikombe cy’isi

Next Post

I Kayonza umugore yarumye mugenzi we hafi no kumuca intoki!

Next Post

I Kayonza umugore yarumye mugenzi we hafi no kumuca intoki!

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

GUMA GUMA : I Nyagatare haraca uwambaye !

7 years ago

Ingabo z’U Rwanda mu bikorwa byo guteza imbere imibereho y’ abaturage mu kwitegura umunsi wo kwibohora!

7 years ago

SOMALIA: Imihanda imaze gufungwa ,nyuma y’ikintu kimaze guturikira hafi y’ingoro y’inteko ishinga amategeko

7 years ago

Hari icyo komisiyo ishinzwe uburenganzira bwa muntu ivuga ku bamaze iminsi baburirwa irengero

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In