Monday, March 8, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home Umurimo

Kubera ibiciro by’ubutaka bihanitse mu mijyi, imijyi ishobora kuzabura abayituramo

admin by admin
June 28, 2014
in Umurimo
0
0
SHARES
3
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Nkuko byavuye mu bushakashatsi bwakozwe na USAID Land Project, bwagaragaje ko abantu benshi bamaze guhunga imijyi bisubirira mu byaro kubera kwimurwa ahazubakwa ibikorwa rusange cyangwa badafite ubushobozi bwo kubaka amazu ajyanye n’igishushanyo mbonera cy’umujyi.

kgal.jpg

Related posts

Ingagi zikomeje kuba isoko y’ubukungu ku banyarwanda nyamara ngo hari abo inyungu zitarageraho

July 29, 2014

Expo Rwanda 2014 yafunguwe ku mugaragaro!

July 24, 2014

Igishushanyo mbonera cy’umujyi//photo internet

Ubushakashatsi bukaba bwarerekanye ko ni hatagira ingamba zifatwa, umujyi ushobora kuzasigara ari uw’abakire cyangwa abawutuye bakagabanuka cyane kubera ibiciro by’ubutaka n’imibereho bihanitse, bidahuye n’ubushobozi bwa benshi mu batuye iyo mijyi.

Ikindi cyagaragaye mu bushakashatsi ngo nuko benshi mu bimurwa ari abakene cyangwa abantu batigeze biga.Umwe mu bakoze ubushakashatsi , Jean Damascene Sisi yavuze ko ibyo abaturage bababwiye ari ukuri, ngo bidashakiwe umuti vuba imijyi ishobora kuzasigara nta bantu bayituyemo.

Nkuko byatangajwe na Radiyo Isangostar,ngo umuyobozi ushinzwe kubika impapuro mpamo z’ubutaka, Didier Sagashya avuga ko hari ikirimo gutekerezwa ku kibazo cy’abimurwa mu mijyi, hakazanifashishwa itegeko rizatorwa.

Mu bantu bimuwe mu mijyi , benshi bavuze ko imibereho yabo yasubiye inyuma guhera igihe bagereye mu byaro, ugereranyije n’ubuzima bari babayeho mu mijyi.Mu miryango 600 yimuwe, 60% bavuze ko ubuzima bwasubiye inyuma, 13% nibo bavuze ko nta cyahindutse.

USAID Land Project isanga igikwiye gukorwa ari ugushyiraho ibiciro by’ubutaka mu mijyi no kugabanya impamvu zishingirwaho abantu bimurwa.

Previous Post

Maradona ntiyumva ibihano bahaye Suarez

Next Post

Dr Murego wazize impanuka azashyingurwa mu cyumweru gitaha

Next Post

Dr Murego wazize impanuka azashyingurwa mu cyumweru gitaha

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Ikipe ya Espagne ihuye n’uruva gusenya inyagirwa n’ikipe y’Ubuhorandi akayabo k’ibitego 5- 1 mu mukino wa mbere.

7 years ago

Kwizera kudafite imirimo kuba gupfuye

7 years ago

Lt Joel Mutabazi yasabiwe gufungwa burundu no kwamburwa amapeti

7 years ago

RDC: Amashyaka atavuga rumwe na Leta yateguye ibiganiro byo gusezerera Kabila ku butegetsi

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In