Monday, March 8, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home UMUTEKANO

Abahoze barwanira FDLR bahawe amezi atandatu yo kuba bavuye ku butaka bwa Kongo

admin by admin
July 27, 2014
in UMUTEKANO
0
0
SHARES
1
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Nkuko byatangajwe n’umuvugizi wa Leta ya Kongo kuri uyu wa gatandatu, ngo abarwanyi ba FDLR bafite ukwezi kumwe ko gucumbika Kisangani, ubundi bakajyanwa ahitwa Irebu mu ntara ya Equateur, aho bazanyuzwa bajyanwa mu gihugu kizabemerera ubuhungiro, byose bikazatwara amezi atandatu gusa.

Abarwanyi-ba-FDLR.jpg

Related posts

Umuhanzi RIDERMAN yongeye gusubira mu buroko, Polisi ikaba ivuga ko atigeze arekurwa!

August 4, 2014

Polisi y’URwanda yongeye kwibutsa ababyeyi kwita ku bana babo cyane cyane urubyiruko rutagejeje ku myaka 18.

August 3, 2014

Ubwo yahuraga n’abagize sosiyete sivile baturutse mu ntara ya Orientale, Nord na Sud Kivu , Lambert Mende yavuze ko abo bahoze ari barwanyi ba FDLR bashyize intwaro hasi ngo bafite igihe cy’ukwezi I Kisangani, ubundi bakahavanwa bajya Irebu mu ntara ya Equateur , aho bazava berekeza mu gihugu kizabaha ubuhungiro.Mende akaba yavuze ko urwo rugendo ruzatwara amezi atandatu.

Mende akaba yasabye imiryango yose ikorera mu ntara ya Orientale, Nord na Sud Kivu gufasha Leta muri uwo mugambi ifite , ngo barebe ko amahoro n’umutekano byagaruka mu burasirazuba bwa Kongo.

Imiryango itegamiye kuri Leta yari yateguye imyigaragambyo kuri uyu wa gatanu yo kwamagana ituzwa ry’abarwanyi ba FDLR i KISANGANI, icyakora iyo myigaragambyo ntiyitabiriwe nkuko babyifuzaga.

Meya wa Kisangani yavuze ko uko kutitabira imyigaragambyo kw’abaturage be kugaragaza ko bashyigikiye Guverinoma.

Hashize iminsi ibiri abo barwanyi ba FDLR bari mu gace ka Walungu , aho bategereje uruhushya rw’aabakuriye m bakabona kujya Kisangani.

Gusa guverinoma ya Kongo ntisobanura igihugu abo barwanyi bazajyanwamo niba ari mu Rwanda cyangwa ahandi.Gusa bishoboka ko bashobora kujyanwa ahandi kuko iyo abayobaozi ba Kongo bakunze kuvuga ko FDLR izavanwa Irungu ijyanwa mu gihugu kizabaha ubuhungiro.Ntibyakwitwa ubuhungiro rero baramutse bazazanwa mu Rwanda kuko ariho iwabo.

Previous Post

Dore abagiye n’impamvu zatumye batagaruka muri Guverinoma nshya iyobowe na MUREKEZI Anastase!

Next Post

Kenya: Perezida Uhuru Kenyatta nawe yatumiwe mu nama y’amateka i Washington.

Next Post

Kenya: Perezida Uhuru Kenyatta nawe yatumiwe mu nama y'amateka i Washington.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Itangazo rigenewe abasomyi b’Ikinyamakuru MakuruKi.com!

7 years ago

“Mubyo twajuririye Gukina nta mufana byo ntibirimo” Olivier Gakwaya umunyamabanga mukuru wa Rayon Sports

7 years ago

NEW YORK: u Rwanda rwongeye kuyobora akanama gashinzwe amahoro ku Isi

7 years ago

Icyo Polisi y”igihugu itangaza ku iraswa ry’uwari Gitifu w’Umurenge wa Cyuve, wishwe agerageza gutoroka!

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In