Monday, March 8, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home UMUTEKANO

Bugesera: Batatu barimo n’umuzamu batawe muri yombi bakekwaho kwiba iduka

admin by admin
June 5, 2014
in UMUTEKANO
0
0
SHARES
1
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Bugesera, kuri uyu wa gatatu tariki ya 3 Kamena yataye muri yombi abagabo 3 bakekwaho kwiba ibicuruzwa bya Bizumuremyi Jean Baptiste wacururizaga mu murenge wa Nyamata.

Nk’uko Polisi ikorera mu karere ka Bugesera ibitangaza, ibicuruzwa birimo litiro 40 z’amavuta yo guteka, amapaki 15 y’itabi n’amafaranga ibihumbi 5 byari byaribwe mu ijoro ryo kuwa mbere tariki ya 2 rishyira iya 3 kamena 2014.

Related posts

Umuhanzi RIDERMAN yongeye gusubira mu buroko, Polisi ikaba ivuga ko atigeze arekurwa!

August 4, 2014

Polisi y’URwanda yongeye kwibutsa ababyeyi kwita ku bana babo cyane cyane urubyiruko rutagejeje ku myaka 18.

August 3, 2014

Bamwe mu bakekwaho ubwo bujura ni Habimana Evariste w’imyaka 21, akaba yari umuzamu w’iryo duka, Ngendahimana Frederic w’imyaka 24, na Niyomugabo Philemon w’imyaka 21.

Polisi ikorera mu karere ka bugesera komeza ivuga ko mu rucyerera, umwe mu baturage baturanye na Bizumuremyi yanyuze hafi y’iduka rye, akabona umuryabgo urakinguye ahita abimumenyesha aje asanga yibwe nawe ahita abimenyesha Polisi ikorera aho hafi.

Polisi nayo yahise itangira gushakisha abakekwa, nibwo kuri uyu wa kabiri tariki ya 3 aba bakekwa bafatiwe mu murenge wa Rilima ahazwi nka Riziyeri, aho bari barimo gucuruza amapaki y’itabi.

Aba uko ari 3 bakaba bafungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Nyamata mu gihe iperereza rikomeje.

Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Iburasirazuba Senior Superintendent of Police (SSP) Bénoit Nsengiyumva, yasabye abacuruzi gukoresha abakozi bizewe, kandi bakajya babarura ibicuruzwa byabo buri munsi, ndetse baramuka bibwe bagahita babimenyesha Polisi.

SSP Nsengiyumva yanashimiye abaturage ku makuru batanze ariyo yanatumye aba bakekwa bafatwa, ndetse anagira inama abantu gukura amaboko mu mifuka bagakora, aho gushaka gutungwa n’ibyo batakoreye.

Bizumuremyi nawe yashimiye abaturabe na Polisi muri aya magambo:” Ndashimira byimazeyo abaturanyi banjye bamenyesheje ko nibwe, nkanashimira Polisi y’u Rwanda kuba hari bimwe mu bicuruzwwa byanjye yagaruje, nkaba mfite icyizere ko n’ibisigaye bizaboneka”.

Previous Post

Uwari uhagarariye HCR mu Rwanda yasezeye

Next Post

RDC : FDLR yongeye guhabwa na Monusco amahirwe ivuga ko ari aya nyuma

Next Post

RDC : FDLR yongeye guhabwa na Monusco amahirwe ivuga ko ari aya nyuma

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Impanuka Ku muhanda uva Mumujyi werekeza Sopetrad

7 years ago

Sinicuza igifungo cy’ imyaka ine kandi nzakomeza gukora itangazamakuru rinenga Leta – Uwimana Agnes

7 years ago

IMPINDUKA: Mu Ishyaka PSD,bemeje mu Itegeko ko nta mubare wa Manda ntarengwa ku bayobozi b’ishyaka!?

7 years ago

Nigeria: Abantu 46 baraye baguye mu gitero cy’abiyahuzi.

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In