Monday, March 8, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home UMUTEKANO

Gasabo: Abahoze bakora umwuga w’uburaya n’abacururizaga mu mihanda bakanguriwe kurwanya ibyaha

admin by admin
August 1, 2014
in UMUTEKANO
0
0
SHARES
0
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 30 Nyakanga, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Gasabo umurenge wa Kimironko yagiranye inama n’abahoze bakora umwuga w’uburaya n’abacururizaga mu mihanda bagera kuri 65, ubu bakaba baribumbiye mu ishyirahamwe Abanyamurava, bakaba barakanguriwe ku ruhare rwabo mu kurwanya ibyaha no gukangurira abo bazi bakiri muri ibyo bikorwa bitemewe n’amategeko kubivamo, ahubwo bagakora ibikorwa bibateza imbere.

gasabo.png

Related posts

Umuhanzi RIDERMAN yongeye gusubira mu buroko, Polisi ikaba ivuga ko atigeze arekurwa!

August 4, 2014

Polisi y’URwanda yongeye kwibutsa ababyeyi kwita ku bana babo cyane cyane urubyiruko rutagejeje ku myaka 18.

August 3, 2014

Mu kiganiro bahawe n’Umupolisi ushinzwe guhuza ibikorwa bya Polisi n’iby’abaturage mu karere ka Gasabo, Inspector of Police (IP) Jean d’amour Uwiringiyimana, yabasabye gufatanya n’abandi banyarwanda kubumbatira umutekano, anabasaba kugira inama bagenzi babo bazi bakiri muri ibyo bikorwa bitemwewe kubivamo, bakibumbira mu mashyirahamwe yabateza imbere no gutungira agatoki Polisi abo bose bishora mu bikorwa bihungabanya umutekano w’aho batuye.

Umubyeyi w’abana babiri wamaze imyaka 2 akora umwuga w’uburaya witwa Nyirarukundo Mariane ubu akaba akora mu nzu zitunganya imisatsi, yasabye abagikora uwo mwuga kuwuvamo bakajya mu mashyirahamwe abateza imbere, bakitabira gahunda za Leta zirimo umuganda , gukunda igihugu , kohereza abana babo mu mashuri no kujya mu bwisungane mu kwivuza.

Nyirarukundo yakomeje avuga ingaruka n’ibibazo yagiye ahura nabyo harimo gufungwa, gukubitwa ndetse rimwe na rimwe agakomereka.

Yasoje asaba ashimira Polisi y’u Rwanda inama itahwemye kubagira bakiri muri uwo mwuga, asezeranya kutazawusubiramo no gukomeza gukangurira abakiwukora kuwuvamo.

Nyirarukundo ubu ni umubyeyi ubayeho neza, wuzuza inshingano za kibyeyi aho aha uburere bwiza abana be babiri.

Previous Post

Meriam wari wakatiwe igihano cy’urupfu yageze ku butaka bwa Amerika

Next Post

Amerika: Umutungo wa Michael Jackson muri Neverland washyizwe ku isoko.

Next Post

Amerika: Umutungo wa Michael Jackson muri Neverland washyizwe ku isoko.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Ku myaka 47 icyamamare BEN KAYIRANGA yasezeranye imbere y’amategeko n’uwo bazabana!

7 years ago

Reka twisekere: Ubu se koko turatandukana tutongeye ?!

7 years ago

Balthazar Imaniriho ureganwa na Lt Mutabazi ngo aheruka ku Isi kuwa 11/10/2013

7 years ago

Afurika y’Epfo: Umugore yambaye ubusa ajya guhobera ishusho ya Nelson Mandela.

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In