Monday, March 8, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home UMUTEKANO

Gatsata: Yatawe muri yombi acyekwaho gufata ku ngufu umwana w’ imyaka 9

admin by admin
June 3, 2014
in UMUTEKANO
0
0
SHARES
1
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

arton196.jpg

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 3 Kamena 2014, umusore witwa Martin w’ imyaka 24 y’ amavuko wari utuye mu kagari ka Nyamugari, umurenge wa Gatsata, akarere ka Gasabo yatawe muri yombi na Polisi y’ igihugu acyekwaho gufata ku ngufu umwana w’ umukobwa w’ imyaka 9 y’ amavuko.

Related posts

Umuhanzi RIDERMAN yongeye gusubira mu buroko, Polisi ikaba ivuga ko atigeze arekurwa!

August 4, 2014

Polisi y’URwanda yongeye kwibutsa ababyeyi kwita ku bana babo cyane cyane urubyiruko rutagejeje ku myaka 18.

August 3, 2014

Ubwo umunyamakuru w’Imirasire yaganiraga ku murongo wa Telefone na Spt.Modeste Mbabazi ukuriye ubugenzacyaha mu mugi wa Kigali akaba n’ umuvugizi wa Polisi muri Kigali, adutangariza ko uwo mwana w’ imyaka icyenda yari amaze gusambanywa inshuro nyinshi ariko bikaba byagaragaye ubwo umwana yagiraga ikibazo kuri uyu munsi.

Uyu musore Martin watawe muri yombi nyuma yo gukekwaho gusambanya inshuro nyinshi uyu mwana w’ imyaka 9, ubusanzwe yari umuturanyi w’ ababyeyi b’ uyu mwana.

Modeste yagize ati: “icyaha yari amaze iminsi agikora (Martin) ugereranyije n’ uko ababyeyi babivuze, uyu munsi nibwo yafashwe nyuma y’ aho umwana agiriye ikibazo kubera gusambanywa inshuro nyinshi ariko aho babitubwiriye twakurikiranye uwo musore akaba ari mu maboko ya polisi”.

Yakomeje asaba abanyarwanda bose muri rusange kwirinda ibyaha nk’ ibi dore ko bigira ingaruka kuri bo ubwabo ndetse bikagaruka no ku abo byakorewe.

Ku murongo wa telefone twavuganye na Urujeni Bertilde umunyamabanga nshingwabikorwa by’ agateganyo w’ umurenge wa Gatsata adutangariza ko uyu musore Martin yatawe muri yombi na Polisi ashinjwa iki cyaha twatangaje haruguru anasaba ababyeyi kuba maso ko hakiriho abantu bagifite imigambi mibisha yo kwangiza abana.

Yagize ati: “ibi byaha ntibiragera aho bicika burundu, none mu gihe bigihari turasabwa kwegera abana bacu tukabarinda, tubaganiriza. Ku mwana w’ imyaka icyenda n’ ubwo umuntu yaba yamuganirije ariko ntagomba kumuterera iyo ngo ntamenye uko yiriwe, aho yiriwe n’ ibyo yiriwemo”.

Spt.Modeste akaba yatangaje ko mu gihe uyu musore Martin azaba yahamwe n’ iki cyaha ko azahanwa hakurikijwe ingingo y’ 191 yo mu gitabo mpana byaha cya Repubulika y’ u Rwanda, giteganya igihano k’ igifungo cya burundu.

Previous Post

Ubukwe bwa Olivier KAREKEZI na Niwin Sorlu muri Week End, byagizwe ubwiru bukomeye mu Rwanda!?

Next Post

GASANA Celse Gitifu w’Akarere ka Muhanga amaze gutabwa muri yombi mu masaha make ashize!

Next Post

GASANA Celse Gitifu w’Akarere ka Muhanga amaze gutabwa muri yombi mu masaha make ashize!

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

“Ubwinshi bw’abagore bari mu nzego zifata ibyemezo ntibikwiye kureberwa mu mibare gusa.” Hon MUKABARISA Donatille

7 years ago

Minisitiri james Musoni avuga ko ntawushobora gutera u Rwanda ngo afate ubutegetsi

7 years ago

Nyuma y’urupfu rw’umwana we , Juliana Kanyomozi arasaba umuhezo

7 years ago

KWIBOHORA 20: Mu myaka 20, Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yayobowe n’abantu 6, ese babaririzwa he uyu munsi?

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In