Thursday, March 4, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home UMUTEKANO

Impanuka zongeye kwigaragaza cyane muri Week End irangiye, Polisi irongera kwibutsa abashoferi kwitonda!

admin by admin
June 9, 2014
in UMUTEKANO
0
0
SHARES
1
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

dsc02676-8fea4_04_1_.jpg

Polisi y’u Rwanda irongera kwibutsa abatwara ibinyabiziga kwitwararika kubahiriza amategeko y’umuhanda, kugirango birinde impanuka zidutwara abantu zikanangiza ibintu.

Related posts

Umuhanzi RIDERMAN yongeye gusubira mu buroko, Polisi ikaba ivuga ko atigeze arekurwa!

August 4, 2014

Polisi y’URwanda yongeye kwibutsa ababyeyi kwita ku bana babo cyane cyane urubyiruko rutagejeje ku myaka 18.

August 3, 2014

Ibi bisabwe nyuma y’aho kuri uyu wa gatandatu tariki ya 7 Kamena mu gihugu hose habaruwe impanuka 4 zabereye mu turere twa Nyagatare, Kirehe, Kamonyi Nyarugenge n’iyabereye mu karere ka Gasabo mu rukerera rwo kuri iki cyumweru tariki ya 8 Kamena. Izi mpanuka zose zikaba zaguyemo umuntu 1 hanakomerekeramo abandi 14.

Iyi mpanuka yabereya mu karere ka Gasabo umurenge wa Kacyiru, imodoka yo mu bwoko bwa Toyota Corola ifite pulaki nomero RAC 517 X yari itwawe na Duncan Mathieu Mugisha yataye umuhanda igonga inangiza ibiti 5 by’imikindo.

supt_ndushabandi_umuvugizi_wa_polisi_ishami_rishinzwe_umutekano_mu_muhanda.jpg

Umuvugizi wa Polisi ishami ryayo rishinzwe umutekano wo mu muhanda,

Superintendent of Police (Spt.) Jean Marie Vianney Ndushabandi, yavuze ko uyu Mugisha yari yasinze, bikaba aribyo byateye iyi mpanuka.

Iyi modoka ubu ikaba ifungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Remera mu gihe iperereza rikomeje

Supt.Ndushabandi yanavuze ko izindi mpanuka ziterwa ahanini no kutubahiriza amategeko, abashoferi baba bafite umuvuduko ndetse n’abatwara banavugira kuri telefoni.

Akaba yagize ati:” Turasaba abakoresha umuhanda baba abashoferi, abagenzi, abanyamaguru gukoresha umuhanda neza kugirango birinde impanuka kuko zigwamo abantu zikanangiza ibikorwa remezo”.

Spt. Ndushabandi yanibukije abatunze ibinyabiziga ko impanuka nyinshi ziterewa n’imodoka ziba zacitse feri, akaba yibukije buri wese ufite ikinyabiziga kujya gusuzumisha ikinyabiziga mu kigo cya Polisi gisuzuma ubuziranenge bw’ibinyabiziga mbere y’uko bafata ingendo zitandukanye.

Previous Post

General RUVUSHA Emmanuel na Gitifu w’Akarere baba bararozwe binyujijwe mu byo kurya, Hotel baririyemo ihita ifungwa!

Next Post

BURUNDi; Banki yaraye isahuwe irezwa n’abajura bataramenyekana nyuma yo gusindisha abayicungaga

Next Post

BURUNDi; Banki yaraye isahuwe irezwa n’abajura bataramenyekana nyuma yo gusindisha abayicungaga

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Polisi yashyizeho itsinda rishinzwe iperereza ku nkongi zimaze iminsi zibasiye igihugu

7 years ago

Minisitiri w’ abakozi ba Leta n’ umurimo arahamagarira abakozi n’ abakoresha gukomeza gufatanya kugirango bakomeze kugira uruhare mu iterambere ry’ Igihugu.

7 years ago

Perezida Kagame ngo agiye muri Tanzania byamushimisha cyane

7 years ago

Umuyobozi w’ umujyi wa Kigali Fidele Ndayisaba yatanze Miliyoni y’ amafaranga y’ u Rwanda mu kigega cy’Agaciro Development Fund

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In