Thursday, March 4, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home UMUTEKANO

Inkongi y’umuriro yongeye kwaduka mu Mujyi wa Kigali muri rimwe mu ma Garage aherereye mu Gatsata!

admin by admin
July 13, 2014
in UMUTEKANO
0
0
SHARES
0
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Nyuma yo gushya kw’amaduka yo muri Quartier Matheus mu Mujyi wa Kigali rwagati, igaraje ya Ntaganzwa Faustin, uzwi ku izina rya Mandevu, iherereye mu Kagari ka Nyamugari mu Murenge wa Gatsata Akarere ka Gasabo, yafashwe n’inkongi y’umuriro ku manywa yo kuri iki Cyumweru.

wwwww-7dfdb.jpg

Related posts

Umuhanzi RIDERMAN yongeye gusubira mu buroko, Polisi ikaba ivuga ko atigeze arekurwa!

August 4, 2014

Polisi y’URwanda yongeye kwibutsa ababyeyi kwita ku bana babo cyane cyane urubyiruko rutagejeje ku myaka 18.

August 3, 2014

Amakuru dukesha urubuga igihe aravuga ko Ubutabazi bwa Polisi mu kuzimya umuriro bwahise buhagera, umuriro wazimijwe, ariko bigaragara ko hari ibintu byahiriyemo , n’igisenge cyose cyahiye.

Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, Supt Mbabazi, yavuze ko yamenye amakuru abashinzwe kuzimya inkongi bamaze kubimenya kuko imodoka y’ubutabazi yari iri mu nzira.

Yakomeje avuga ko hataramenyekana icyaba cyateye inkongi uretse ko iperereza rigikomeje. Imodoka y’ubutabazi yahageze igisenge cyari cyubakishijwe imbaho kinasakajwe ihema kimaze gukongoka.

bimwe_mu_bimodoka_bishaje-7c2e1.jpg

bimwe_mu_bimodoka_bishaje_byakongeje_umuriro-a48d9.jpg

Zimwe mu modoka zari muri iryo garage zahangirikiye

Umwe mu baturage bari aho inkongi ikimara gufata iki gisenge yabwiye umunyamakuru ko igaraje yarimo imodoka ebyiri zishaje n’izindi nzima, bakaba bihutiye gusunika izikiri nzima batitaye ku kureba ibindi bikoresho byari kumwe n’izo zishaje.

Umwe muri bo yagize ati “Tukimara kuhagera twasanze igisenge cyafashwe turwana no gusunika imodoka zari zikiri nzima. Harimo amapine n’ihema ryari risakaye igaraje ni byo byatumye umuriro wihuta cyane”.

30379_425274274195134_1600269139_n.jpg

Polisi yatabaranye ingoga

Ntaganzwa Faustin, wahise ahamagarwa abwiwe ko igaraji ye imaze gushya, yahageze avuga ko atapfa gusobanura ibyangirikiye mu igaraje ye, uretse moteri igura amafaranga y’u Rwanda asaga miliyoni ebyiri n’igice, uhema ryari risakajwe ryari rifite agaciro k’amadolari y’amerika 500.

ntaganzwa_faustin-0771c.jpg

Nyiri garage Ntaganzwa Faustin

Ntaganzwa yagize ati “ Ubu sinakubwira ibikoresho byangirikiye mo hano kuko harimo byinshi nifashishaga mu kwigisha ibijyanye n’ubukanishi. Nk’harimo utwuma umuntu atapfa guhereza agaciro ako kanya”.

Ntaganzwa yabwiye polisi ko n’ubundi nta bwishingizi yari asanzwe afite, akaba yagaragazaga ko nta kindi cyizere afite urtse kuba yahombye.

Previous Post

VATICAN: Ni nde uza kumvirwa Isengesho?, amateka y’imbonekarimwe mu gikombe cy’Isi!!!

Next Post

Bamwe mu banyeshuri bo muri kaminuza zo mu Rwanda na Uganda bajyanwa gukina filimi z’ubusambanyi mu mahanga

Next Post

Bamwe mu banyeshuri bo muri kaminuza zo mu Rwanda na Uganda bajyanwa gukina filimi z’ubusambanyi mu mahanga

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Nyuma ya POLICE FC, ETOILE DE L’EST n’UMURABYO FC, Iburasirazuba hongeye guturuka ikipe y’umupira ije mu cyiciro cya mbere!

7 years ago

GATSIBO: Yatawe muri yombi ubwo yageragezaga guha umupolisi wo muhanda FRW 10,000 bya ruswa!

7 years ago

Benshi bagize icyo bavuga ku byaha Umuhanzi MIHIGO Kizito na bagenzi be bakurikiranyweho! “Abo igihugu cyahawe amahirwe ni bo bakimye amatwi” Perezida wa Sena.

7 years ago

Abunganira Kizito mu mategeko barasaba ko afungurwa

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In