Sunday, March 7, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home UMUTEKANO

Minisitri MUSHIKIWABO ariyama ubushoranyi bw’Ingabo za Congo, mu gihe Lambert Mende avuga ko bateye mu Rwanda kubera uburakari!

admin by admin
June 12, 2014
in UMUTEKANO
0
0
SHARES
1
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

mende.jpg

Nyuma yaho Ingabo za Congo zinjiriye mu Rwanda mu rukerera rwo ku wa gatatu tariki ya 11 Kamena 2014, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’ Rwanda aratangataza ko Congo isabwe guhagarika ubushotoranyi butafite impamvu.

Related posts

Umuhanzi RIDERMAN yongeye gusubira mu buroko, Polisi ikaba ivuga ko atigeze arekurwa!

August 4, 2014

Polisi y’URwanda yongeye kwibutsa ababyeyi kwita ku bana babo cyane cyane urubyiruko rutagejeje ku myaka 18.

August 3, 2014

Abinyujije kuri Twtter ye Minisitiri Mushikiwabo yagize ati “Leta ya Kongo igomba kwitonda, ikareka ubushotoranyi butari ngombwa, (ndetse) ikabuza abasirikari bayo gukomeza kwambuka umupaka baza mu midugudu yo mu Rwanda”

Louise-Mushiki-105.jpg

Umuvigizi wa Leta y’u Rwanda, Madame Louise MUSHIKIWABO

Mu kiganiro yahaye Radio y’Igihugu MInisitiri Mushikiwabo yatangaje ko nk’u Rwanda batifuza intambara kuko igira ingaruka ku baturage, ariko avuga ko mu gihe ntayandi mahitamo yaba ahari u Rwanda rwiteguye kandi neza kurinda abaturage b’u Rwanda n’ubutaka bwabo.

Aganira na Radio mpuzamahanga ya BBC, Minisitiri Mushikiwabo yavuze ko yavuganye na mugenzi we wa Kongo akamusaba ko bareka ubushotoranyi bw’ingabo za Kongo zinjira mu Rwanda, ndetse amusaba ko bakwemerera ingabo zishinzwe kugezungura imipaka y’impande zombi, zikaba zakwinjira mu Rwanda zikagenzura nyirabayazana w’iki kibazo cyongeye kwaduka.

lambert_mende_omalanga_congo_z.jpg

Umuvugizi wa Leta ya DR Congo, Lambert Mende

Naho ku ruhande rwa Kongo, umuvugizi wa Leta ya Kinshansa, Lambert Mende we aravuga ko kugaba ibitero mu Rwanda byatewe n’ingabo z’u Rwanda zinjiye ku butaka bwa Kongo zigashimuta umusirikare wa Kongo zikamwicira mu Rwanda, ari byo byasembuye uburakari bw’abasirikare ba Kongo binjiye mu Rwanda.

Ibi ariko bihakanwa n’umuvugizi wa Leta y’u Rwanda Madame Mushikiwabo uvuga ko aho imirwano yabereye ari mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Rubavu, ati “Busasamana ni mu Rwanda si muri Congo” Minisitiri Mushikawabo asubiza Umunyamakuru.

Ubu bushyamirane bw’Ingabo za Congo n’iz’ u Rwanda bwaguyemo abasirikare bagera kuri batanu ba Leta ya Kongo.

Previous Post

KWIBOHORA 20: Mu myaka 20, Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yayobowe n’abantu 6, ese babaririzwa he uyu munsi?

Next Post

MUSANZE: Usibye kurinda umutekano Polisi y’u Rwanda inagira uruhare mu kuzamura imibereho y’abanyarwanda

Next Post

MUSANZE: Usibye kurinda umutekano Polisi y'u Rwanda inagira uruhare mu kuzamura imibereho y'abanyarwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Uwahoze ari umuminisitiri yifatanyije n’abarwanya Leta ya Sudani y’Epfo

7 years ago

Croix Rouge ya Uganda irashaka gutora itegeko rishya rigenga abayitabaza.

7 years ago

Muri RNC basubiranyemo! Umukwe wa Kabuga yagejeje Theogene Rudasingwa mu nkiko kubera kumwambura

7 years ago

Ikipe ya RAYON SPORTS nta cyizere itanga ku bafana n’abakunzi bayo cyo kwitwara neza muri CECAFA

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In