Tuesday, March 9, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home UMUTEKANO

MUHANGA: Stade ya Muhanga yahindutse indiri y’aho basambanyiriza abana bato.

admin by admin
June 12, 2014
in UMUTEKANO
0
0
SHARES
1
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

Hashize igihe havugwa ko hari bamwe mu bacuruzi n’abayobozi bashuka abana bato bakabajyana kubakoresha imibonano mpuzabitsina muri stade ya Muhanga cyane cyane mu gihe cy’ijoro.

DSC02737-3-220ba.jpg

Related posts

Umuhanzi RIDERMAN yongeye gusubira mu buroko, Polisi ikaba ivuga ko atigeze arekurwa!

August 4, 2014

Polisi y’URwanda yongeye kwibutsa ababyeyi kwita ku bana babo cyane cyane urubyiruko rutagejeje ku myaka 18.

August 3, 2014

Mu ijoro abagabo bakuru bazanamo ‘abana’ b’abakobwa bakabasambanya

Ubusambanyi bukunze kuvugwa muri za hoteli, mu mazu y’amacumbi akodeshwa bita ‘Lodge’. I Muhanga ahantu hashya hadasanzwe ngo niho ubusambanyi bw’abakuru bashutse abana bwimukiye, muri Stade ya Muhanga.Ngo kuko hariya muri ariya mazu yandi inzego z’umutekano zahamenye.

Abaturiye stade ya Muhanga babwiye Umunyamakuru ko ibivugwa atari ibihuha ari ukuri muri stade hasigaye hakorerwa ubusambanyi cyane.

Imodoka ngo zihinjira mu masaha y’ijoro zirimo bamwe mu bacuruzi bazwi i Muhanga, ndetse amazina ya bamwe muri bon go babigize akamenyero bayabwiye Umuseke.

Benshi muri aba bagabo ngo barubatse, abana bazana gusambanya ngo ni abakobwa b’abanyeshuri mu mashuri y’imyaka 9 y’ibanze, ayisumbuye na bamwe mu biga muri Kaminuza.

Amakuru atugeraho yemeza ko hari bamwe bafatiwe mu cyuho muri ibi bikorwa ariko ngo ntibikurikiranwe mu butabera kuko nta kirego cyatanzwe n’uwariwe wese, yaba uwasambanyijwe cyangwa undi wese ntibikurikiranwe.

Claude Sebashi, umuvugizi w’Akarere ka Muhanga we avuga ko aya makuru batari bayazi ariko bagiye kubikurikirana bafatanyije n’inzego z’umutekano barebe niba ibyo aba baturage bavuga ari ukuri.

Umunyamategeko Ntare B. Paul avuga ko itegeko ngenga nimero 01/2012/OL ryo kuwa 02/05/2012 rishyiraho igitabo cy’amategeko ahana y’u Rwanda mu ngingo yaryo ya 192 riteganyiriza ibihano bikomeye abasambanya abana bishingikirije ububasha babafiteho.

Umubyeyi w’umwana cyangwa ushinzwe kumurera, uhagarariye ubutegetsi, uhagarariye idini, ushinzwe umutekano, ukora umwuga w’ubuvuzi, ukora umwuga w’uburezi, uwitoza umwuga n’abandi bose bishingikirije umwuga bakora cyangwa ububasha bafite ku mwana bakamusambanya bahanishwa igifungo cya burundu cy’umwihariko n’ihazabu kuva ku bihumbi 100 kugeza ku bihumbi 500 by’amafaranga y’u Rwanda.

Inkuru dukesha Umuseke.rw

Previous Post

Dore Urutonde rw’abanyarwanda 10 ba mbere bavuga rikumvikana, n’impamvu yabyo! (MU MAFOTO)

Next Post

Umwuka w’intambara ukomeje gututumba hagati y’u Rwanda na Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo

Next Post

Umwuka w’intambara ukomeje gututumba hagati y’u Rwanda na Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Gereza ya Rubavu yafashwe n’inkongi y’umuriro!

7 years ago

Nyuma ya Bella, undi mwana w’imyaka 2 yishwe ashyirwa mu gisenge cy’inzu y’abaturanyi

7 years ago

Nyabugogo: Impanuka idasanzwe yahitanye ubuzima bw’ abantu 4 abarenga 13 barakomereka

7 years ago

AKUMIRO: URUHINJA RWATORAGUWE KURI ALITARI MURI KIRIZIYA YA KAMINUZA

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In