Saturday, February 27, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact
Makuruki
  • Home
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Politiki
  • UBUKUNGU
  • Umurimo
  • Login
No Result
View All Result
Makuruki
Home UMUTEKANO

Nubwo Congo yahakanaga ko abasirikare bapfuye atari abayo, imirambo yabo yaraye ijyanywe muri Congo mu ijoro!

admin by admin
June 13, 2014
in UMUTEKANO
0
0
SHARES
2
VIEWS
Share on FacebookShare on Twitter

IMG-20140612-WA0048.jpg

(photo Kigali to Day)

Related posts

Umuhanzi RIDERMAN yongeye gusubira mu buroko, Polisi ikaba ivuga ko atigeze arekurwa!

August 4, 2014

Polisi y’URwanda yongeye kwibutsa ababyeyi kwita ku bana babo cyane cyane urubyiruko rutagejeje ku myaka 18.

August 3, 2014

Mu gihe Umuvigizi wa Leta ya Kongo Lambert Mende yari yatangrije ikinyamakuru Jeune Afrique ko abasirikari batanu bapfuye mu mirwano yahuje ingabo za Kongo n’u Rwanda ku wa gatatu ushize ari ab’u Rwanda bambitswe imyenda ya Kongo, mu ijoro ryakeye iyi mirambo yaraye ishyikirijwe Leta ya Kongo yaraye ishyikirijwe imirambo y’abasirikare bayo ku bufatanye n’imiryango ya Croix Rouge y’ibihugu byombi.

Nkuko tubikesha mugenzi wacu uhereye mu Karere ka Rubavu twavuganye muri iki gitondo, iki gikorwa cyabaye nta muyobozi n’umwe ku ruhande rwa buri gihugu kikaba cyabereye ku mupaka munini uhuza u Rwanda na Kongo.

IMG-20140612-WA0048.jpg

(photo Kigali to Day)

Keta ya Kongo ngo yari yasabye ko abasirikare bayo bishwe banyuzwa mu kibaya kigabanya u Rwanda na Kongo ariko u Rwanda rurabyanga ruhitamo ko banyuzwa ku mupaka nkuko abandi basirikari b’iki gihugu bafatirwa muri Kongo banyuzwa ku mupaka ku mugaragaro.

Amakuru atugeraho aturuka I Rubavu aravuga ko muri iki gitondo cyo kuri uyu wa gatanu haramutse ituze, kuko ingabo za Kongo zasubiye inyuma nyuma yaho k’umunsi w’ejo ubwo zageragezaga kurasa mu Rwanda zakubiswe inshuro ziva mu birindiro byazo zijya nko mu birometero nka 2 bajya hafi y’iKirunga cya Nyiragongo kiri inyuma y’ikibaya kigabanya ibihugu byombi. Ingabo z’u Rwanda zikaba ziri hafi y’umupaka aho ziryamiye amajaja.

Turakomeza kubakurikiranira aya makuru y’bibera muri aka Karere.

Previous Post

Reba uko byari byifashe mu birori bidasanzwe byo gutangiza imikino y’Igikombe cy’Isi cya 2014 muri BRASIL (AMAFOTO)

Next Post

KIGALI: Umuturage yabajije ikibazo Mayor abeshyera umuturanyi we kugira ngo agaragare kuri Televiziyo.

Next Post

KIGALI: Umuturage yabajije ikibazo Mayor abeshyera umuturanyi we kugira ngo agaragare kuri Televiziyo.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

RECOMMENDED NEWS

Vatican: Papa Fransisiko yakiriye umugore w’umunya Sudani umaze iminsi arokotse igihano cy’urupfu.

7 years ago

Selena Gomez mu rukundo n’undi musore utari Justin Bieber

7 years ago

Urubuga nkoranyambaga facebook rwahagaritswe muri Thailand

7 years ago

Kicukiro: Abavandimwe 2 bafatanywe ibiro by’urumogi 88

7 years ago

FOLLOW US

  • 81 Followers
  • 45.8k Followers

BROWSE BY CATEGORIES

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

POPULAR NEWS

  • Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    Mashami ashobora kuba yarasinyanye abasezerano na FERWAFA atazi icyo avuga.

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Nyuma y’imyaka 64, mu Rwanda hongeye kuvumburwa ubwoko bw’ikinyabuzima cyari cyarazimiye

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Yiyahuye amaze kumenya ko yaryamanye n’uwo bahuje amaraso

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Demba Ba yavunitse imvune yateye ubwoba abakunzi ba ruhago ku Isi nzima

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
  • Minisitiri w’Intebe MUREKEZI Anastase amaze kugeza ku Nteko Ishinga Amategeko Gahunda ya Guverinoma nshya!

    0 shares
    Share 0 Tweet 0
Makuruki

Tubagezaho amakuru asesenguye

Follow us on social media:

Recent News

  • Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari
  • Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone
  • DR.Congo: Thambwe Mwamba akekwaho kunyereza miliyoni $7

Category

  • IBINDI
  • IKORANABUHANGA
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • IYOBOKAMANA
  • MU MAHANGA
  • OPINIONS
  • POLITIKE Y'U RWANDA
  • Politiki
  • SERVICE
  • UBUKUNGU
  • UBUREZI
  • UBUTABERA
  • UBUZIMA
  • UMUJYI WA KIGALI
  • Umurimo
  • UMUTEKANO
  • Uncategorized
  • URUKUNDO
  • VIDEWO

Recent News

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

Perezida Kagame yavuze ko ibibazo by’umutekano muke biri muri Afurika y’Ibiyaga bigari

February 4, 2021
Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

Lionel Mesi yeretswe ikarata itukura ya mbere kuva akinira Barcelone

February 3, 2021
  • About
  • Advertise
  • Careers
  • Contact

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

No Result
View All Result
  • Home

© 2021 JNews - Premium WordPress news & magazine theme by Jegtheme.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Create New Account!

Fill the forms below to register

All fields are required. Log In

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In