Senegal: Abimukira barenga 20 bapfuye barohamye

Ubwanditsi
Yanditswe na Ubwanditsi

Mu gitondo cyo kuri uyu Kane, taliki ya 29 Gashyantare, 2024, nibwo habonetse imirambo irenga 20 mu gice cy’amajyaruguru y’inyanja ya Atlantic nyuma yo kurohama ku bwato bwari butwaye abimukira bajyaga ku mugabane w’u Burayi.

Ibi byemejwe na Guverineri w’intara y’amajyaguru muri Senegal, Alioume Badara, akaba yavuze ko kandi hari n’abandi bantu bagera kuri 20 batabawe.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
2:49 am, Sep 8, 2024
temperature icon 19°C
few clouds
Humidity 72 %
Pressure 1015 mb
Wind 5 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 21%
Visibility Visibility: 10 km
Sunrise Sunrise: 5:54 am
Sunset Sunset: 6:00 pm

Inkuru Zikunzwe