Rayon Sport iratangira imyitozo yishyuza 2000Frw

Umwanditsi Mukuru
Yanditswe na Umwanditsi Mukuru

Imyitozo ya mbere ya Gikundiro itegura umwaka w’imikino 2024/2025 iteganijwe gutangira kuri uyu wa Gatanu Taliki 05 Nyakanga 2024. Ni imyitozo ariko iza kureba n’uwishyuye amafaranga ibihumbi 2.

Ni imyitozo iza kugaragaramo abakinnyi bashya iyi kipe yaguze kugeza ubu barimo Niyonzima Olivier Seif, Ombolenga Fitina, umuzamu Ndikuriyo Patient, Abdoul Rahman Rukundo, Richard Ndayishimiye ndetse na Muhire Kevin ukiri gukusanyirizwa Miliyoni 40.

Rayon Sport ivuga ko ikiri kwiyubaka ndetse ku bufatanye na Skol ngo hari Miliyoni 120 zigomba kugurwa abakinnyi ba Rutahizamu. Hari kandi abakinnyi barimo Aimable Nsabimana bagomba kongererwa amasezerano.

- Advertisement -
Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
4:30 am, Oct 6, 2024
temperature icon 17°C
scattered clouds
Humidity 77 %
Pressure 1014 mb
Wind 0 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 40%
Visibility Visibility: 10 km
Sunrise Sunrise: 5:43 am
Sunset Sunset: 5:51 pm

Inkuru Zikunzwe