APR FC mu biganiro bya nyuma na Rutahizamu Godwin Odibo

Umwanditsi Mukuru
Yanditswe na Umwanditsi Mukuru

Ikinyamakuru Daily Post cyo muri Nigeria cyatangaje ko. Umukinnyi Godwin Odibo aragera I Kigali muri icyi cyumweru gushyira umukono ku masezerano n’ikipe ya APR FC yo mu Rwanda.

Uyu Rutahizamu ibinyamakuru byo muri Nijeriya byanditse ko uyu Rutahizamu yiteze guhembwa akayabo ugereranije n’ayo yahembwaga muri Sporting Lagos.

Uyu munyanijeriya w’imyaka 26 ni umukinnyi ukina ataha izamu (Rutazihamu). Yari asanzwe akinira ikipe ya Sporting Lagos iri mu zigomba kumanuka.

- Advertisement -

APR FC iri mu mikino ya CECAFA ikomeje kugura abakinnyi bakomeye izaserukana mu mikino nyafurika.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
8:23 am, Oct 18, 2024
temperature icon 18°C
broken clouds
Humidity 94 %
Pressure 1016 mb
Wind 3 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 75%
Visibility Visibility: 10 km
Sunrise Sunrise: 5:39 am
Sunset Sunset: 5:49 pm

Inkuru Zikunzwe