Musanze: Abanyenganda babangamiwe n’amashanyarazi adahagije

Umwanditsi Mukuru
Yanditswe na Umwanditsi Mukuru

Mu ruganda rw’imyenda rwitwa Gorilla Textile rwubatswe mu cyanya cy’inganda cya Musanze, yagaragarijwe ko imirimo yo ku rwubaka yatangiye mu mpera z’umwaka wa 2023, ubu ibikorwa bigeze 60%.

Mu ruganda rwa Cimerwa rukora isima, rwahoze ari Prime Ciment, rukaba rumaze amezi atatu ruguzwe na CIMERWA.Umuyobozi Mukuru wa CIMERWA, Verma Mangesh Kumar yagaragarije Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda ko n’ubwo hari byinshi bishimira ariko hakiri imbogamizi zibakoma mu nkokora. Ku isonga agaragaza ko umuriro w’amashanyarazi ukenewe muri uru ruganda utaboneka.

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda Prudence Sebahizi yashimye ko ibibazo by’imicungire mibi byari muri uru ruganda bimaze gukemuka, avuga ko n’icyumuriro nacyo gikemuka vuba.

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda arimo gusura ibyanya by’inganda hirya no hino mu gihugu, kugira ngo hasuzumwe imbogamizi zihari zikemurwe.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
5:31 am, Oct 6, 2024
temperature icon 17°C
scattered clouds
Humidity 77 %
Pressure 1014 mb
Wind 5 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 40%
Visibility Visibility: 10 km
Sunrise Sunrise: 5:43 am
Sunset Sunset: 5:51 pm

Inkuru Zikunzwe