CECAFA U20: U Rwanda rwatangiye rutsindwa

Umwanditsi Mukuru
Yanditswe na Umwanditsi Mukuru

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 20 yatangiye imikino ya CECAFA muri Tanzaniya  itsinda na Sudan

Uyu mukino wabereye kuri Azam Complex U Rwanda rwatsinzwe igitego kimwe ku busa cyabonetse mu gice cya mbere gitsinzwe na  Kapitene wa Sudan Monser Abdo  Tiya  ku ishoti riremereye yatereye inyuma y’urubuga rw’umunyezamu w’U Rwanda.

Uyu wari umukino wa mbere U Rwanda  rukinnye  mu itsinda rya mbere  ruherereyemo hamwe na Sutan, Tanzaniya, Kenya na Djibut.

- Advertisement -

Sudan ubu iyoboye itsinda n’amanota 3 naho Tanzaniya ikagira 3 kimwe na Kenya nayo ifite 3 u Rwanda n Djibout nta nota barabona.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
10:52 am, Oct 16, 2024
temperature icon 26°C
scattered clouds
Humidity 53 %
Pressure 1013 mb
Wind 3 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 40%
Visibility Visibility: 10 km
Sunrise Sunrise: 5:40 am
Sunset Sunset: 5:49 pm

Inkuru Zikunzwe