Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden yizeje mugenzi we wa Ukraine,Volodymyr Zelensky ko imfashanyo ya gisirikare ya miliyari 60 z’amadolari izagera mu gihugu cye vuba cyane.
Hakenewe ko iyi mfashanyo itorwa bwa nyuma mu nteko Ishinga Amategeko, ariko Biden yabwiye Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky ko yizeye ko iyo mfashanyo izemezwa.
Ubwanditsi