Umwanditsi Mukuru

Follow:
1046 Articles

Cyamunara y’umutungo wa Rwigara yateshejwe agaciro no mu bujurire

Icyemezo cy'urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge cyatesheje agaciro cyamunara ku mutungo wa Asinapolo 

Perezida Ruto yinjije Kenya mu bihe byo kwizirika umukanda

Perezida wa Kenya William Ruto wari umaze iminsi asabwa n'urubyiruko rwigaragambya kwegura

Kuki APR iri guhenderwa aho izindi ziri guhendukirwa?

APR FC iri ku rugamba rukomeye rwo kubaka ikipe ikomeye ivuga ko 

Korea y’epfo yahaye u Rwanda inkunga ya Miliyari 1$

U Rwanda na Korea y'Epfo byasinyanye amasezerano ya miliyari 1 y'amadorali ya

Ngirabatware Augustin ufungiwe ibyaha bya Jenoside yasohoye igitabo

Ngirabatware Augustin wahamijwe ibyahabya Jenoside yakorewe abatutsi n'urukiko mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda

Rayon Sport iratangira imyitozo yishyuza 2000Frw

Imyitozo ya mbere ya Gikundiro itegura umwaka w'imikino 2024/2025 iteganijwe gutangira kuri

Ubwongereza: Ishyaka ryarwanyije kohereza abimukira mu Rwanda ryatsinze amatora

  Ishyaka ry'abakozi (Labour Party) niryo ryegukanye amatora y'abagize inteko ishingamategeko mu

Mu mashuri abanza abanyeshuri bagombaga gusibira baziga mu kiruhuko

Ubutumwa ikigo cy'igihugu cy'uburezi REB cyahaye abayobozi b'ibigo by'amashuri abanza bose burerekana

Umutwe wa Hezbollah warashe ibisasu birenga 200 muri Isiraheli

Umutwe w'abarwanyo wa Hezbollah iherereye muri Lebanon wagabye igitero cy'ibisasu bya rokete

DRC: Abasirikare 25 bataye urugamba bakatiwe urwo gupfa

Taliki ya 02 Nyakanga igisirikare cya Kongo cyataye muri yombi abasirikare 27

Rayon Sport mu matora y’abanyabigwi bayo imyaka 30

Ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo ikipe ya Rayon Sport yakoze igisa n'amatora

Perezida Ruto yemeye kuganira n’urubyiruko rwariye karungu

Binyuze ku kiganiro cyo ku rukuta rwa X ibizwi nka Space, Perezida

“Maze imyaka 31 nambikwa ubuterahamwe” Rucagu Boniface

Ni mu biganiro biherutse kubera mu Karere ka Musanze mu rwego rwo

“Kwibohora nyako gutangira iyo urusaku rw’imbunda rugabanutse” Perezida Kagame

Mu butumwa yageneye abitabiriye ibirori byo kwizihiza imyaka 30 yo Kwibohora k'u

Dusobanukirwe: Ni icyi gitera ibara ry’umuti guhinduka?

Nyuma y'amatangazo akura ku isoko ryo mu Rwanda imiti ya Eferalgan na

Miliyari 2,619 Frw niyo misoro yinjiye mu mwaka wa 2023/2024

Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro, RRA, cyatangaje ko imisoro yakusanyijwe mu mwaka w’ingengo

Inyubako izwi nko kwa Makuza yibasiwe n’inkongi y’umuriro

Mu gitondo cyo kuwa 03 Nyakanga 2024 amakuru yaramukiye ku mbuga nkoranyambaga

“Si igihugu cyabohowe gusa ahubwo abanyarwanda banabohowe imyumvire” Uwacu Julienne

Mu Kiganiro yagiranye na Televiziyo y'igihugu umuyobozi w'itorero ry'igihugu Uwacu Julienne yagaragaje

Abanyarwanda bizigama baragenda bagabanuka umwaka ku wundi

Icyegeranyo cyakozwe na Ministeri y'imari n'igenamigambi cyizwi nka Finescope cyagaragaje ko mu

“Mwishimire ko umwana uvuka Nshiri ari kwiyamamariza kuba Perezida” Mpayimana

Umukandida wigenga ku mwanya w'umukuru w'igihugu Philipe Mpayimana yageze mu turere ya

Icyangombwa cy’imyitwarire kigiye kujya gisabwa ku Irembo

Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha RIB rwatangaje urutonde rw'ibyangombwa bizajya biboneka binyuze ku rubuga

MINEMA yaburiye uturere tudafite imodoka zizimya umuriro

Minisitiri y'imicungire y'ibiza MINEMA yasabye uturere tutaragira imodoka zizimya umuriro kongera gutekereza

Umwaka utaha mu Rwanda hazigishwa amasomo y’ubwenge buhangano (AI) na robots

Urwego rw'Igihugu rw'uburezi REB rwatangaje ko mu mwaka w'amashuri utaha uzatangira muri

Perezida Kagame yafunguye sitade Amahoro atanga umukoro ku Banyarwanda

Perezida  Paul Kagame  yafunguye sitade Amahoro abwira Abanyarwanda  ko nta rwitwazo kubana

Ibinini bya Efferalgan byahagaritswe mu Rwanda

Ikigo gishinzwe Ubuziranenge bw’Ibiribwa n’Imiti, Rwanda FDA, cyahagaritse ikwirakwizwa n’ikoreshwa rya nimero