Impungenge za Trump ku gufunga TikTok muri Amerika

Ubwanditsi
Yanditswe na Ubwanditsi

Donald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa Mbere yabwiye CNBC ko TikTok ari ikibazo ku mutekano w’igihugu ndetse no ku kubungabunga uburenganzira n’amakuru bwite y’Abanyamerika.

Icyakora yavuze ko adashyigikiye icyemezo cyo kuyifunga muri Amerika kuko bishobora gutuma urubuga nkoranyambaga rwa Facebook rukura cyane kandi arufata nk’umwanzi w’abaturage.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
11:55 pm, May 19, 2024
temperature icon 16°C
thunderstorm with light rain
Humidity 100 %
Pressure 1022 mb
Wind 6 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 75%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 5:55 am
Sunset Sunset: 5:57 pm

Inkuru Zikunzwe