Norrsken Kigali House yabonye umuyobozi mushya

Ubwanditsi
Yanditswe na Ubwanditsi

Habimana Elie yagizwe Umuyobozi Mukuru wa ‘Norrsken Kigali House’, Ishami ry’Ikigo cyo muri Suède gifasha ba rwiyemezamirimo bato mu by’ikoranabuhanga, asimbuye Pascal Murasira wari umaze igihe kuri uyu mwanya.

Biteganyijwe ko Elie Habimana azatangira izi nshingano nshya ku wa 1 Werurwe mu 2024. Elie Habimana ntabwo ari mushya muri Norrsken cyane ko yari asanzwe ari Umuyobozi Wungirije w’iri shami ryo muri Afurika y’Iburasirazuba rikorera i Kigali.

Norrsken Kigali House yatangiye imirimo mu 2021, aho kugeza kuri ubu ikorerwamo na ba rwayimezamirimo mu by’ikoranabuhanga 1200 biganjemo urubyiruko. Mu gihe cy’imyaka ibiri imaze kwinjiza miliyoni 45$.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
3:15 am, Apr 30, 2024
temperature icon 21°C
light rain
Humidity 88 %
Pressure 1019 mb
Wind 2 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 75%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 5:55 am
Sunset Sunset: 5:58 pm

Inkuru Zikunzwe