RwandAir yahagaritse ingendo zijya mu Buhinde

Ubwanditsi
Yanditswe na Ubwanditsi

Sosiyete Nyarwanda itwara abantu n’ibintu mu ndege, RwandAir yatangaje ko izasubika ingendo zijya n’iziva i Mumbai mu Buhinde kuva tariki 15 Werurwe 2024. Abakiriya bafite amatike ya nyuma y’iyi tariki basabwe kwegera iki kigo bagasubizwa amafaranga cyangwa bagahabwa andi matariki igihe ingendo zizasubukurwa.

Ntabwo RwandAir yatangaje impamvu yo guhagarika izi ngendo. Igihe iki cyemezo kizamara nticyatangajwe.

Muri Mata 2017 nibwo indege yo mu bwoko bwa Boeing 737-800 ya RwandAir yahagurutse ku butaka bwa Kigali yerekeza i Mumbai mu Buhinde itwaye abagenzi barenga 80.

 

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
1:13 am, May 20, 2024
temperature icon 17°C
broken clouds
Humidity 93 %
Pressure 1021 mb
Wind 6 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 75%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 5:55 am
Sunset Sunset: 5:57 pm

Inkuru Zikunzwe