U Burusiya bwafashe Umunyamerika ukekwaho ‘ubugambanyi’

Ubwanditsi
Yanditswe na Ubwanditsi

Ubuyobozi bw’u Burusiya mu mujyi wa Yekaterinburg bwataye muri yombi Umunyamerika ukekwaho ibyaha by’ubugambanyi nk’uko byatangajwe n’igitangazamakuru cya leta, TASS.

Uwafashe ni umugore w’imyaka 33 akaba atuye i Los Angeles ariko akaba anafite ubwenegihugu bw’u Burusiya n’ubwa Amerika. Ashinjwa gutanga ubufasha bw’amafaranga kuri leta y’amahanga, aho yakusanyaga amafaranga akayoherereza umuryango ukorera muri Ukraine guhera muri Gashyantare 2022, ayo mafaranga akaza gukoreshwa mu gufasha igisirikare cya Ukraine.

Ubugambanyi ni icyaha gihanishwa imyaka igera kuri 20 y’igifungo mu Burusiya.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
5:09 am, Jul 27, 2024
temperature icon 18°C
scattered clouds
Humidity 52 %
Pressure 1015 mb
Wind 2 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 40%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 6:05 am
Sunset Sunset: 6:06 pm

Inkuru Zikunzwe