Amb. Ngango James yageze mu Busuwisi guhagararira u Rwanda

Umwanditsi Mukuru
Yanditswe na Umwanditsi Mukuru

Ambasaderi w’u Rwanda mu Busuwisi  Ngango James kuri uyu wa Gatatu yashyikirije Perezida w’u Busuwisi, Viola Amherd, inyandiko zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu.

Banaganiriye ku mubano w’ibihugu byombi no kwagura ubufatanye mu nzego zitandukanye.

Ubusuwisi ni igihugu kidakora ku nyanja. Kizengurutswe n’ibihugu by’ubufaransa, ubutaliyani,ubudage na Austria. Ni kimwe mu bihugu bifite abaturage babaye ho neza Kandi kizwi ho umutekano usesuye cyane cyane w’amafaranga.

- Advertisement -

Mu busuwisi bavuga indimi zirimo igifaransa, igitaliyani, ikidage n’ikiromani. Ibarura rusange ry’abaturage riheruka mu 2023 ryagatagaje ko ubusuwisi butuwe n’abaturage 8,902,308.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
1:49 am, Sep 20, 2024
temperature icon 18°C
moderate rain
Humidity 77 %
Pressure 1014 mb
Wind 7 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 40%
Visibility Visibility: 10 km
Sunrise Sunrise: 5:49 am
Sunset Sunset: 5:56 pm

Inkuru Zikunzwe