Abaganga bo muri Danemark baravura abarenga 1200 indwara zo mu kanwa

Umwanditsi Mukuru
Yanditswe na Umwanditsi Mukuru

Mu gikorwa ngarukamwaka gitegurwa n’Umuryango SOS Children’s Village Rwanda n’Umuryango w’Abanganga b’amenyo batagira umupaka (Dental Health Without Borders) bari mu karere ka Rubavu.

Aba baganga b’inzobere mu buvuzi bw’indwara zo mu kanwa bo muri Denmark bamaze ibyumweru bibiri bavura abaturage mu Karere ka Rubavu ku Kigo Nderabuzima cya Kigufi.

Kugeza ubu abaturage basaga 700 ni bo bamaze kuvurwa, aho biteganyijwe ko nyuma y’ibyumweru bitatu hazaba havuwe abasaga 1200.

- Advertisement -

Ni ubuvuzi abaturage ba Rubavu bavuga ko bwarokoye akayabo bari kuzatanga mu bitaro bitandukanye bivuza indwara ziganjemomizifata amenyo.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
12:19 pm, Oct 18, 2024
temperature icon 22°C
light rain
Humidity 73 %
Pressure 1012 mb
Wind 3 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 75%
Visibility Visibility: 10 km
Sunrise Sunrise: 5:39 am
Sunset Sunset: 5:49 pm

Inkuru Zikunzwe