Abasenateri 2 bahagarariye imitwe ya Politiki bagiye gutorwa

Umwanditsi Mukuru
Yanditswe na Umwanditsi Mukuru

Kuri uyu wa Kane, abagize ihuriro nyunguranabitekerezo ry’imitwe ya Politiki yemewe mu Rwanda (NFPO) bahuriye mu Nteko rusange iri butorerwemo abasenateri 2 bahagarariye uru rwego muri Sena y’u Rwanda.

Aba bagize ihuriro ry’imitwe ya Politiki ubundi bahagararirwa n’abasenateri 4 ariko ntibatorerwa rimwe kuko babiri baratorwa muri Nzeri 2024 abandi babiri bakazatorwa muri 2025.

Imitwe ya Politiki yemewe mu Rwanda ubu ni 11. Muri iyi nteko rusange kandi iri butorerwemo abayobozi bashya bazaba bagize Biro yayo mu mezi atandatu ari imbere.

- Advertisement -
Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
9:04 pm, Sep 19, 2024
temperature icon 21°C
light rain
Humidity 68 %
Pressure 1012 mb
Wind 8 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 75%
Visibility Visibility: 10 km
Sunrise Sunrise: 5:50 am
Sunset Sunset: 5:56 pm

Inkuru Zikunzwe