Afurika y’Epfo: Batandatu bakekwaho kwica Umuraperi AKA batawe muri yombi

Ubwanditsi
Yanditswe na Ubwanditsi

Abantu batandatu batawe muri yombi bakekwaho kwica umuraperi wo muri Afurika y’Epfo, Kiernan Forbes, wamenyekanye ku izina rya AKA, ndetse n’incuti ye magara yitwaga Tebello Tibz Motshoane.

Byatangajwe n’igipolisi cy’Afurika y’Epfo aho cyavuze ko abafashwe bishyuwe kugira ngo bivugane AKA ariko nta mpamvu ibihamya neza yari yagaragara. Abacyekwa bakaba bazitaba urukiko ku munsi wejo taliki ya 29 Gashyantare, 2024.

AKA na mugenzi we bombi bishwe barashwe, aho barasiwe hanze ya resitora i Durban umwaka ushize, taliki 02 Gashyantare, 2023.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
11:11 am, May 2, 2024
temperature icon 23°C
light rain
Humidity 73 %
Pressure 1019 mb
Wind 6 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 75%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 5:55 am
Sunset Sunset: 5:57 pm

Inkuru Zikunzwe