Dr Rutunga Venant yakatiwe gufungwa imyaka 20

Umwanditsi Mukuru
Yanditswe na Umwanditsi Mukuru

Dr Rutunga Venant wahoze ari umuyobozi wa ISAR rubona yahamijwe ibyaha birimo Jenoside nk’icyaha cyibasira inyokomuntu ndetse no kuba icyitso muri Jenoside. Ni ibyaha urukiko rwemeza ko byakabaye bimuhesha igifungo cya burundu ariko yakatiwe gufungwa imyaka 20 kuko yorohereje ubutabera nk’uko byagarutsweho mu isomwa ry’urubanza.

Uru rubanza rwasomwe uregwa atari mu rukiko, rwatangiye kuburanishwa mu mwaka wa 2022. Rwabunishirizwaga mu rugereko rwihariye rw’rukiko rukuru ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imbibi

Urukiko rwamuhije kuba icyitso muri Jenoside kuko we ubwe yiyemereye ndetse n’abatangabuhamya bakaba baremeje ko yagiye kuzana abajandarume I Butare, bakaza kwica abatutsi bari bahungiye muri ISAR I rubona barimo n’abahakoraga.

- Advertisement -

Dr Rutunga Vincent yoherejwe mu Rwanda n’igihugu cy’ubuholandi kuwa 26 Nyakanga mu 2021.

Urubanza rwe rwatangiye taliki 5 Nyakanga 2022.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
8:51 pm, Sep 16, 2024
temperature icon 27°C
broken clouds
Humidity 36 %
Pressure 1013 mb
Wind 9 mph
Wind Gust Wind Gust: 20 mph
Clouds Clouds: 75%
Visibility Visibility: 10 km
Sunrise Sunrise: 5:51 am
Sunset Sunset: 5:57 pm

Inkuru Zikunzwe