Gen Mahamat Idriss Déby Itno yatorewe kuba Perezida wa Tchad

Umwanditsi Mukuru
Yanditswe na Umwanditsi Mukuru

Gen Mahamat Idriss Déby Itno yatorewe kuba Perezida wa Tchad niwe watangajwe nk’uwegukanye intsinzi mu matora y’umukuru w’igihugu cya Tchad.

Ibarura ry’agateganyo ry’ibyavuye mu matora y’umukuru w’Igihugu ryagaragaje ko afite amajwi 61.3 %, akurikirwa na Succès Masra ufite 18.53%.

Gen Déby yari amaze imyaka 3 ayobora Tchad kuko yafashe ubutegetsi muri Mata 2021, nyuma y’iraswa ry’umubyeyi we, Maréchal Idris Déby Itno, wari umaze imyaka 31 ayobora Tchad.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
4:31 am, Jul 27, 2024
temperature icon 18°C
scattered clouds
Humidity 52 %
Pressure 1014 mb
Wind 5 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 40%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 6:05 am
Sunset Sunset: 6:06 pm

Inkuru Zikunzwe