Guverinoma ya Congo yemeye ko M23 irusha FARDC imbaraga

Ubwanditsi
Yanditswe na Ubwanditsi

Minisititi w’intebe wungirije akaba na Minisitiri w’ingabo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jean Pierre Bemba, yatangaje ko igisirikare cy’iki Gihugu (FARDC) cyananiwe imbere y’umutwe wa M23, kuko ukirusha imbaraga.

Ibi yabitangarije mu nama y’abaminisitiri yateranye mu mpera z’icyumweru gishize, tariki 02 Gashyantare 2024, aho Jean Pierre Bemba yabwiye Guverinoma ko igisirikare cy’igihugu cyabo cyananiwe imbere y’umutwe wa M23 bimaze igihe bihanganye.

Si ubwa mbere ingabo za FARDC zivuzweho kuba zarananiwe imbere y’umutwe wa M23, kuko byigeze kuvugwa na MONUSCO, aho yavuze ko M23 atari umutwe w’inyeshyamba, ahubwo ko ari igisirikare gikomeye, yaba mu myitozo, mu myitwarire ndetse no mu bikoresho.

 

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
3:04 am, Jul 27, 2024
temperature icon 19°C
scattered clouds
Humidity 52 %
Pressure 1014 mb
Wind 3 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 40%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 6:05 am
Sunset Sunset: 6:06 pm

Inkuru Zikunzwe