Hagiye kubakwa ikigo cyitiriwe Kelvin Kiptum

Ubwanditsi
Yanditswe na Ubwanditsi

Perezida w’urwego rushinzwe imikino ngororamubiri muri Kenya, Jack Tuwei, yatangaje ko hagiye gushyirwaho ikigo cyitiriwe Kelivin Kiptum, umunyabigwi mu mukino wo gusiganwa n’amaguru witabye Imana taliki 11 Gashyantare 2024, ndetse ubu hakaba hari kuba umuhango wo kumushyingura uri kubera mu cyaro cya Chepkorio, mu ntara ya Elgeyo Marakwet.

Jack Tuwei yavuze ko ibi bizakorwa ku mpamvu zo gushyira umusingi ku bikorwa Kelvin Kiptum yifuzaga gukora mu rwego rwo kumuha icyubahiro.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
3:04 am, Jul 27, 2024
temperature icon 19°C
scattered clouds
Humidity 52 %
Pressure 1014 mb
Wind 3 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 40%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 6:05 am
Sunset Sunset: 6:06 pm

Inkuru Zikunzwe