Intambara ya Israel-Gaza ishobora guhagarara iminsi 40

Ubwanditsi
Yanditswe na Ubwanditsi

Perezida Joe Biden yatangaje ko afite icyizere cy’uko amasezerano yo guhagarika imirwano mu ntambara ya Israel na Gaza azaba yagezweho mbere y’uko igisibo cya Ramadhan gitangira hagati ya tariki 10 na 11 Werurwe 2024.

Yavuze ko bagiye gukora cyane kugira ngo aya masezerano agerweho. Biteganyijwe ko hazabaho agahenge k’iminsi 40 ndetse no kongera ubufasha bugenerwa Gaza. Hari kandi kurekura imfungwa z’abanya-Palestine bafashwe na Israel, hanyuma na yo ikarekura abanya-Israel yafashe bugwate.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
3:26 am, May 20, 2024
temperature icon 18°C
broken clouds
Humidity 82 %
Pressure 1020 mb
Wind 3 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 75%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 5:55 am
Sunset Sunset: 5:57 pm

Inkuru Zikunzwe