Lisansi yakatutseho 34 Frw

Umwanditsi Mukuru
Yanditswe na Umwanditsi Mukuru

Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byagabanyutse aho litiro ya lisansi yavuye kuri 1,663Frw, kuri ubu ikaba izajya igura 1,629Frw, ni mu gihe kuri mazutu ho nta cya hindutse kuko litiro yagumye kuri 1,652Frw.

Urwego ngenzuramikorere rw’imirimo imwe n’imwe ufitiye Igihugu akamaro RURA, rwatangaje ko ibi biciro bigomba gutangira kubahirizwa ku wa 7 Kanama 2024, guhera 19h00, kumara amezi abiri.

RURA yatangaje kandi ko iri hindagurika ry’ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli rushingiye ku ihindagurika ry’ibiciro ku isoko mpuzamahanga.

- Advertisement -

Imibare y’ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare iherutse kugaragaza ko ubwiyongere bw’ibiciro by’ingendo mu Rwanda nyuma y’aho Leta ihagaritse nkunganira yashyiraga muri uru rwego biri mu byatumye ibiribwa bikomeza kuzamura igiciro n’ubwo umusaruro w’ubuhinzi warj wabaye mwiza.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
3:41 am, Sep 19, 2024
temperature icon 19°C
scattered clouds
Humidity 72 %
Pressure 1011 mb
Wind 6 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 40%
Visibility Visibility: 10 km
Sunrise Sunrise: 5:50 am
Sunset Sunset: 5:56 pm

Inkuru Zikunzwe