Netanyahu yanze icyifuzo cyo gushinga Leta ya Palestine

Ubwanditsi
Yanditswe na Ubwanditsi

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yanze icyifuzo cyo gushinga Leta ya Palestine, avuga ko igihugu cye kizakomeza gucunga umutekano w’uturere twose twa Palestine.

Ibyatangajwe na Netanyahu kuri uyu wa Gatandatu bitandukanye n’igitutu cya Leta zunze Ubumwe za Amerika n’ibindi bihugu cyo kwemera ishingwa ry’igihugu cya Palestine.

Kuwa Gatanu, Netanyahu yaganiriye kuri telefoni na Perezida Joe Biden ku hazaza h’uturere twa Palestine.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
4:26 am, Jul 27, 2024
temperature icon 18°C
scattered clouds
Humidity 52 %
Pressure 1014 mb
Wind 5 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 40%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 6:05 am
Sunset Sunset: 6:06 pm

Inkuru Zikunzwe