Perezida Kagame aritabira ifungurwa ry’imikino Olempike ya Paris

Perezida Kagame na Madame bamaze kugera I Paris mu Bufaransa aho bitabiriye

Mu myaka 5 abanyarwanda 295 baracurujwe

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yagaragaje ishusho y'uko ibikorwa by'icuruzwa ry'abantu bihagaze

Dr Mujawamariya Jeanne d’Arc yirukanwe muri Guverinoma

Itangazo ryavuye mu biro bya Minisitiri w'intebe rivuga ko Dr Jeanne d'Arc

Amakipe yamenye uko azahura muri shampiyona Rayon Sports ishyirwa igorora

Ishyirahamwe ry'amakipe akina icyiciro cya mbere cya shampiyona y'umupira w'amaguru  Rwanda premier

Ibikorwa byo kwagura Gale ya Nyabugogo bizatangira umwaka utaha

Kuri uyu wa Kabiri habaye ibiganiro byahuje Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali n'abakorera

Ikilo cy’amata y’ifu yakorewe mu Rwanda kizagurwa 4,550Frw

I Nyagatare mu ntara y'iburasirazuba hatashywe uruganda rukora amata y'ifu. Ni uruganda

Uruganda rw’amata y’ifu i Nyagatare rwatangiye imirimo

Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard, yijeje ko Leta izakomeza guteza imbere ibikorwaremezo

Uruganda rw’amata y’ifu rwa Nyagatare rutwaye Miliyoni 45$

Nta gihindutse amakuru aremeza ko uruganda rwa mbere rutunganya amata y'ifu mu

Afurika yunze ubumwe yashimye abanyarwanda bishatsemo ingengo y’imari y’amatora

Perezida wa Komisiyo y'Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, Moussa Faki Mahamat, yashimiye

Gen. Kabarebe yakebuye abarota kujya mu mahanga batagiye kwiga

Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y'ububanyi n'amahanga General Rtd James Kabarebe mu

NEC yanzuye ko abanyarwanda bageze ahashimishije muri Demokarasi

Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, Charles Munyaneza avuga ko amatora arangiye

Togo yatangaje ko yizeye umubano mwiza n’u Rwanda

Perezida wa Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, nawe yiyongereye ku bakuru b'ibihugu bashimiye

Perezida Kagame yagaragaje ko yizeye ubufatanye n’amahanga mu iterambere

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashimiye abayobozi n'abantu batandukanye bo hirya no

Rayon sport iracyari ku isoko ry’abakinnyi

Ikipe ya Rayon sport yatangaje ko itegereje kumenya umubare w'abanyamahanga bazemererwa gukina

Robertinho niwe mutoza mushya wa Rayon sport

Ibinyujije ku rukuta rwayo rwa X ikipe ya Rayon sport yamaze gutangaza

Burundu: Kagame yatsindiye kuba Perezida – FPR itsindira ubwiganze mu nteko

Komisiyo y'igihugu y'amatora yatangaje ibyavuye mu matora bya burundu bigaragaza ko Perezida

Amahirwe ni menshi kuba Kamala Harris yahangana na Trump

Nyuma y'uko Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Joe Biden avuze

Perezida Kagame yijejwe ko kwivuza mu mahanga biza guhagarara

Mu muhango wo gushyira ibuye ry'ifatizo ahagomba kwagurirwa ibitaro byitiriwe Umwami Faisal

Abanyeshuri ibihumbi 60 barasoza ayisumbuye, ibihumbi 30 basoza ay’imyuga

Ikigo cy'igihugu gitegura ibizamini bya Leta (NESA) cyatangaje ko kuwa 23 Nyakanga

Hari abanyamahanga batangiye kuza gushaka ubuvuzi mu Rwanda

Ku bitaro byitiriwe Umwami Faisal biri mu mujyi wa Kigali ni hamwe

“Ku nshuti; turi inshuti nziza. Ku batwanga; dushoboye guhangana” Perezida Kagame

Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye igikorwa cyo gushimira imigendekere myiza y'amatora cyateguwe

Abiga mu mahanga bagiye kujya berekana ko babaye yo

Inama y'igihugu y'amashuri makuru na Kaminuza mu Rwanda HEC yatangaje ko abanyarwanda

Joe Biden yavuye ku izima ahagaritse kwiyamamaza

  Perezida wa Leta zunze ubumwe Joe Biden yakuye kandidatire ye ku

U Rwanda rwagaragarije UN igisubizo cy’umutekano mucye mu karere

Leta y'u Rwanda yatangaje ko hari ibiganiro byabaye kuri telefoni hagati ya

Maj Gen Nyakarundi yasuye umusirikare w’u Rwanda wiga mu Bufaransa

Umugaba w'ingabo z'u Rwanda zirwanira ku butaka uri mu Bufaransa yasuye umusirikare

USA: Byagenda gute Biden aramutse yikuye mu bakandida – Perezida?

Amatora y'ugomba kuba Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika ategerejwe mu

Rutsiro FC ikomeje kwiyubaka igura abakinnyi

Nyuma yo gutwara igikombe cya shampiona y'icyiciro cya kabiri ndetse no kuzamuka