Abadepite b’ibyiciro byihariye bararara bamenyekanye

Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa NEC, Munyaneza Charles, yavuze ko kuri uyu wa Kabiri

APR FC mu biganiro bya nyuma na Rutahizamu Godwin Odibo

Ikinyamakuru Daily Post cyo muri Nigeria cyatangaje ko. Umukinnyi Godwin Odibo aragera

Bidasubirwaho Trump niwe mukandida w’aba-Repubulikani

Inteko nkuru y'ishyaka ry'aba - Repubulikani muri Leta zunze ubumwe za Amerika

Abagore, urubyiruko n’abafite ubumuga bazindukiye mu matora

Ku munsi wa Gatatu w’amatora ya Perezida wa Repubulika n’Abadepite mu 2024,

“Kuba amajwi yagabanutse ntibivuze ko ubushobozi bwagabanutse” Mpayimana Philipe

Umukandida Perezida ku mwanya w'umukuru w'igihugu Philipe Mpayimana yatangaje ko Icyamuteye kwiyamamaza

Frank Habineza yemeye ko yatsinzwe

Ujambo rigufi yagejeje ku bayoboke by'ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR

“Ntabwo njya nshoberwa na busa” Perezida Kagame wegukanye amatora

Mu ijambo ryo gushimira abanyarwanda nyuma yo gutangazwa kw'amajwi y'agateganyo Perezida Kagame

Evode Uwizeyimana yemeje ko uwatsinze agaragara

Senateri Evode Uwizeyimana yatunguranye yemeza ko icyo atazi ari amajwi gusa ariko

Amatora: Bisa nk’ubukwe – uko byifashe hirya no hino mu gihugu

Kuri uyu wa 15 Nyakanga abanyarwanda baba imbere mu gihugu bazindukiye mu

Gutorera aho uri biremewe ku batariyimuye

Komisiyo y'igihugu y'amatora yatangaje ko umunyarwanda wese utarabashije kwiyimura kuri lisiti z'itora

Akari ku mutima w’abahanzi Perezida Kagame yagabiye

Nk'uko yari yabibasezeranije yiyamamariza I Bugesera Perezida Kagame yakiriye mu rugo rwe

Kwifotoza utora no gusakaza ifoto igaragaza uko watoye ntibyemewe

Komisiyo y'igihugu y'amatora NEC yasabye abanyarwanda kwirinda ibikorwa byo kwifotoza cyangwa se

Uko abanyarwanda baba mu mahanga bitabiriye amatora

Abanyarwanda basaga ibihumbi 70 nibwo batoreye mu mahanga. Muri Site 160 ziri

Donard Trump yarusimbutse nyuma yo kuraswa yiyamamaza

Umukandida w'ishyaka ry'aba Repubulikani Donald Trump yaraye arusimbutse ubwo yiyamamazaga muri Leta

“Ku bwanjye nakabaye njya kuruhuka” Perezida Kagame

Mu kiganiro yagiranye n'itangazamakuru nyuma y'ibikorwa byo kwiyamamaza Perezida Kagame yabajijwe niba

Rwanda Gen. Z na Perezida Kagame mu kwezi kwa buki

Muri iyi minsi ubu hagezweho ibikorwa by'urubyiruko rwiswe Generation Z mu Karere.

” Mu Rwanda Tuzaba uko dushaka kuba” Perezida Kagame

Mu butumwa yageneye abitabiriye ibikorwa byo kwamamaza umukandida Perezida Kagame ku Kicukiro,

“Abashaka kuduha amanota ntabwo turi abanyeshuri babo” Vincent Biruta

Ubwo hasozwaga ibikorwa byo kwamamaza umukandida Perezida Kagame watanzwe n'umuryango FPR Inkotanyi,

Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zakiriye ubutumwa bwa Perezida Kagame

Ingabo z'u Rwanda ziri mu butumwa bw'amahoro muri Mozambique zakiriye ubutumwa bwa

Mu bashoboye ba PSD nta wagize ubushake bwo guhangana na Kagame mu matora

Mu kiganiro umuyobozi w'ishyaka riharanira Demokarasi n'imibereho myiza y'abaturage PSD yagiranye n'itangazamakuru

Indorerezi za EAC mu matora ni 55

Umuryango wa Afurika y'i Burasirazuba (EAC) wamaze kohereza indorerezi 55 gukurikirana amatora

Aba Ofisiye ba RDF bashoje amasomo yo kurwanya inkongi

Kuri uyu wa Gatanu, ba Ofisiye 20 bo mu Mutwe w’Ingabo z’u

Uko Perezida Kagame yisanze atuye aho yari agiye gukubitirwa

I Bumbogo mu bikorwa byo kwiyamamaza ku mwanya w'umukuru w'igihugu Paul Kagame

PSD yanyomoje abavugaga ko yabemereye amafaranga ngo bayamamaze I Rwamagana

Mu butumwa Ishyaka riharanira Demokarasi n'imibereho myiza y'abanyarwanda PSD ryanyujije ku rukuta

Frank Habineza yasabye umuryango w’abibumbye kutaba indorerezi mu mibanire y’ibihugu

Umukandida Perezida watanzwe n'ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije DGPR yasabye umuryango

Amarira yanjye yaraguye : Koffi Olomide yavuze akababaro yatewe n’ubugwari bw’ingabo za Kongo

Umuhanzi w'ikirangirire muri DR Kongo yavuze ingabo zigihugu cye ziri kurwana na

Habineza yavuze uko yanze gutera gerenade mu Rwanda

Dr Habineza Frank umukandia ku mwanya wa Perezida w'igihugu avuga ko  abamusabye