Perezida Général Mamadi Doumbouya arasura u Rwanda

Ubwanditsi
Yanditswe na Ubwanditsi

Perezida wa Guinée, Général Mamadi Doumbouya ategerejwe i Kigali ku wa Kane, tariki ya 25 Mutarama 2024, mu ruzinduko rw’akazi no gutsura umubano hagati y’igihugu cye n’u Rwanda.

Doumbouya agiye gusura u Rwanda nyuma y’uko yakiriye Perezida Paul Kagame i Conakry tariki ya 17 Mata 2023, baganira ku kurushaho gukorana mu nzego zirimo iz’ubukungu, umutekano, ubuhinzi, ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro n’umuco.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
10:30 am, Jul 27, 2024
temperature icon 23°C
scattered clouds
Humidity 43 %
Pressure 1015 mb
Wind 8 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 40%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 6:05 am
Sunset Sunset: 6:06 pm

Inkuru Zikunzwe