Perezida Kagame arasura Guinea

Umwanditsi Mukuru
Yanditswe na Umwanditsi Mukuru

Itangazo rya Perezidansi ya Guinea rigaragaza ko kuri uyu wa mbere taliki 13 umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame aragirira uruzinduko rw’ubucuti muri Guinea.

Iri tangazo rigaragaza ko Perezida Kagame agera muri Guinea mu masaha ya mu gitondo cyo kuwa mbere.

Perezida Kagame arasura Guinea avuye muri Senegal aho yagiriye uruzinduko rw’iminsi ibiri. Muri uru ruzinduko Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Senegal Bassirou Diomaye Faye ndetse banarebana umukino wa Basketball Africa League (BAL) wahuje AS Douanes yo muri Senegal na APR BBC yo mu Rwanda.

Perezida Kagame na Perezida Bassirou bakurikiranye umukino wa BAL

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yaherukaga gusura Guinea mu kwezi kwa Mata 2023, ubwo yasugara Guinea Bisau umunsi umwe na Guinea Conakry iminsi 2 mu ruzinduko rw’akazi.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
9:46 am, Jul 27, 2024
temperature icon 22°C
scattered clouds
Humidity 46 %
Pressure 1015 mb
Wind 6 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 40%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 6:05 am
Sunset Sunset: 6:06 pm

Inkuru Zikunzwe