Perezida Kagame yaciye amarenga yo kuzagumana Minisitiri w’intebe Dr.Ngirente

Umwanditsi Mukuru
Yanditswe na Umwanditsi Mukuru

Mu bikorwa byo kwiyamamaza ku mwanya w’umukuru w’igihugu byabereye mu karere ka Gakenke, Perezida Kagame yasabye abanyagakenke kumutora avuga ko ari ugushyigikira na Minisitiri w’intebe Dr Ngirente Edouard.

Perezida Kagame yibukije abaturage ba Gakenke ko Dr Ngirente Edouard nawe avuka mu karere ka Gakenke. Ati “Ubwo se we ntimuzamushyigikira tugakomeza tugafatanya, ibibagenewe bigomba kubageraho bikihuta?”

Dr Ngirente Edouard ufite imyaka 51 y’amavuko ni Minisitiri w’intebe w’u Rwanda kuva mu mwaka wa 2017. Avuka mu karere ka Gakenke. Afite impamyabushobozi y’ikirenga mu bijyanye n’icungamutungo yakuye muri Universite Catholique de Louvain. Yagizwe umukuru wa Guverinoma yari avuye gukora muri Banki y’isi.

- Advertisement -
Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
10:14 pm, Sep 16, 2024
temperature icon 25°C
broken clouds
Humidity 41 %
Pressure 1014 mb
Wind 6 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 75%
Visibility Visibility: 10 km
Sunrise Sunrise: 5:51 am
Sunset Sunset: 5:57 pm

Inkuru Zikunzwe