Perezida Kagame yagaragaje ko yizeye ubufatanye n’amahanga mu iterambere

Umwanditsi Mukuru
Yanditswe na Umwanditsi Mukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashimiye abayobozi n’abantu batandukanye bo hirya no hino ku isi bamwifurije ishya n’ihirwe, nyuma yo gutorerwa kongera kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere.

Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga yagize ati “Twiteguye gukomeza imikoranire ibyara inyungu hagati y’abaturage bacu.”

Muri ubu butumwa Perezida Kagame yagaragaje umwihariko ku bihugu bya:  Barbados, Central African Republic, Chad, Comoros, Cuba, Djibouti, Egypt, Ethiopia, Guinea-Bisseau, Guinea, Kazakhstan, Kenya, Liberia, Madagascar, Mauritius, Morocco, Mozambique, Oman, Qatar, Senegal, Seychelles, Somalia, South Sudan, Switzeland, Tanzania, Turkiye, Uganda, Venezuela, Zambia… .

- Advertisement -

Mu matora y’umukuru w’igihugu yo kuwa 14 na 15 Nyakanga 2024 Perezida Kagame yatsindiye kongera kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka 5 ku majwi 99.18%.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
1:45 am, Sep 8, 2024
temperature icon 19°C
scattered clouds
Humidity 72 %
Pressure 1015 mb
Wind 6 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 40%
Visibility Visibility: 10 km
Sunrise Sunrise: 5:54 am
Sunset Sunset: 6:00 pm

Inkuru Zikunzwe