Rayon Sport mu matora y’abanyabigwi bayo imyaka 30

Umwanditsi Mukuru
Yanditswe na Umwanditsi Mukuru

Ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo ikipe ya Rayon Sport yakoze igisa n’amatora y’abanyabigwi bayinyuzemo mu myaka 30 ishize. Muri aba banyabigwi harimo abakinnyi ndetse n’abatoza, bose bayitoje nyuma yo Kwibohora k’u Rwanda.

Murera yagaragaje ko mu batoza harimo:

Jean Baptiste Kayiranga

Robertinho Gonçarves

Jean Pierre Raoul Shungu

Mu banyezamu hari gukorwa hagati ya: 

Ndayishimiye Jean Luc (Bakame)

Muhima Muyambo ( Tchachala)

Muhamud Mossi ( Matunguru)

Mu bakinnyi b’inyuma haratorwa hagati ya:

Kalisa Claude

Ndikumana Hamad Katauti

Jean Remy Bitana

Mu bakinnyi bo hagati haratorwa hagati ya: 

Kalisa Casse

Muhire Kevin

Janot Witakenge

Muri ba Rutahizamu hari gukorwa 

Cedrick Amissi

Labama Bokota

Billy Mbusakombi

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
12:42 am, Jul 8, 2024
temperature icon 20°C
scattered clouds
Humidity 73 %
Pressure 1014 mb
Wind 3 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 40%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 6:04 am
Sunset Sunset: 6:05 pm

Inkuru Zikunzwe