Rayon Sport yatangaje Haruna Niyonzima

Umwanditsi Mukuru
Yanditswe na Umwanditsi Mukuru

Ikipe y’abafana benshi mu Rwanda Rayon Sport yatangaje ko yagaruye Haruna Niyonzima wakinaga muri Libya.

Mu itangazo riherekejwe n’amafoto iyi kipe yashyize ku rukuta rwayo rwa X bagize bati ” Dutewe ishema no kwakira Haruna Niyonzima (Baba Mzazi wa Soka, Fundi 08). Uyu mugabo ucisha macye atuzaniye ubumenyi buherekejwe n’ubunararibonye. 

Nta mubare w’amafaranga yahawe Haruna Niyonzima watangajwe, nta n’igihe yasinyanye na Rayon Sport cyatangajwe.

- Advertisement -
Haruna Niyonzima yasubiye mu ikipe y’abafana benshi

Si ubwa mbere Haruna Niyonzima  agiye kwambara ubururu n’umweru. Mbere yo kujya hanze y’u Rwanda uyu wabaye kapitene w’amavubi imyaka myinshi yanyuze muri Rayons Sport na APR FC, ajya muri Simba sport club na Yanga Africans zo muri Tanzania.

Yagarutse mu Rwanda muri As Kigali nyuma ya As Kigali Haruna Niyonzima yari yarasubiye muri Libya mu ikipe ya Al – Tawoon ikina icyiciro cya mbere muri Libya.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
1:35 am, Oct 29, 2024
temperature icon 18°C
scattered clouds
Humidity 82 %
Pressure 1012 mb
Wind 3 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 40%
Visibility Visibility: 10 km
Sunrise Sunrise: 5:38 am
Sunset Sunset: 5:48 pm

Inkuru Zikunzwe