Ron DeSantis yahariye Donald Trump

Ubwanditsi
Yanditswe na Ubwanditsi

Guverineri wa Leta ya Florida, Ron DeSantis, yakuyemo akarenge mu matora ya Perezida ateganyijwe mu 2024, atangaza ko ashyigikiye Donald Trump.

Ron DeSantis yakuyemo kandidatire mbere gato y’uko Aba-Républicain bakora amatora y’ibanze muri Leta ya New Hamshire, aho afite abamutora bake cyane ku buryo nta cyizere byamuhaga cyo guhagararira ishyaka rye.

Nikki Haley ni we usigaye ahanganye na Trump, uyu mugore yemeza ko ari we ushobora gutsinda Joe Biden.

 

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
8:34 am, Jul 27, 2024
temperature icon 19°C
few clouds
Humidity 55 %
Pressure 1016 mb
Wind 2 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 20%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 6:05 am
Sunset Sunset: 6:06 pm

Inkuru Zikunzwe