Rurageretse hagati y’uwahoze ari Perezida wa Zambia n’uwamusimbuye

Ubwanditsi
Yanditswe na Ubwanditsi

Edgar Lungu wahoze ari Perezida wa Zambia kuva muri 2015 kugeza 2021, yasabye abaturage kwigomeka bagasaba ko habaho amatora y’umukuru w’igihugu byihuse mu gihe uwamusimbuye, Hakainde Hichilema, atarasoza manda ye, akamushinja kuba adashoboye.

Lungu avuga ko Perezida Hakainde Hichilema uri ku butegetsi ubu, yananiwe guhangana n’ibibazo byugarije iki gihugu, harimo icyorezo cya Cholera kugeza ubu kimaze guhitana abarenga 600 ndetse n’ababarirwa mu bihumbi bacyanduye, ndetse hakaba n’ikibazo cy’ubukungu butifashe neza.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
4:31 am, Jul 27, 2024
temperature icon 18°C
scattered clouds
Humidity 52 %
Pressure 1014 mb
Wind 5 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 40%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 6:05 am
Sunset Sunset: 6:06 pm

Inkuru Zikunzwe