Perezida Putin yahaye gasopo Ukraine

Ubwanditsi
Yanditswe na Ubwanditsi

Mu gihe Abarusiya bageze ku munsi wa Kabiri w’amatora y’Umukuru w’Igihugu azamara iminsi itatu, Perezida Vladimir Putin yahaye gasopo  Ukraine yo kutagerageza kuyadobya nk’uko bitekerezwa na benshi.

Ku munsi wa Mbere w’amatora, habayeho agahenge bitandukanye n’uko byakekwaga na benshi ku isi ko Ukraine yakora ibitero bikomeye ku biro by’amatora, gusa mu mujyi wa St.Petersburg, haherereye ibiro by’itora habayeho ibitero by’ikoranabuhanga.

Perezida Vladimir Putin yateguje Ukraine ibihano bikakaye mu gihe yabangamira aya matora, ndetse Ella Pamfilova Umuyobozi wa Komisiyo y’amatora yungamo ko uzagerageza kuyadobya azafungwa imyaka itanu.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
10:04 am, Apr 27, 2024
temperature icon 21°C
broken clouds
Humidity 73 %
Pressure 1021 mb
Wind 6 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 75%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 5:55 am
Sunset Sunset: 5:58 pm

Inkuru Zikunzwe