Santarafurika ingabo z’u Rwanda zashimiwe

Umwanditsi Mukuru
Yanditswe na Umwanditsi Mukuru

Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Santarafurika (MINUSCA) zibarizwa mu Itsinda rya Rwabat-2, zambitswe imidali y’ishimwe ku bw’ibikorwa by’indashyikirwa zakoze mu kugarura amahoro muri iki gihugu.

Ubutumwa bwo kugarura amahoro muri Central Africa buzwi nka MINUSCA bugizwe n’abasirikare n’abapolisi bose hamwe bagera ku 17,400, u Rwanda ni rwo rufitemo benshi, bagera ku 2,100.

Mu mwaka wa 2022 nabwo Perezida wa Santarafurika Faustin Archange Touadéra yari yambitse imidali Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA) zari muri (Rwabatt8)  azishimira akazi k’indashyikirwa zakoze mu kugarura amahoro n’umutekano mu gihugu.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
1:30 am, Jul 3, 2024
temperature icon 18°C
few clouds
Humidity 48 %
Pressure 1015 mb
Wind 3 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 20%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 6:03 am
Sunset Sunset: 6:04 pm

Inkuru Zikunzwe