Tag: nyamukuru

Miliyoni 2 z’ibitabo mu bubiko bwa REB; mu mashuri byarabuze

Ubwo yagezaga ku bagize Inteko ishingamategeko Raporo y'umugenzuzi mukuru w'Imari ya Leta

Imodoka za Automatic zemerewe gukorerwa ho ibizamini bya permit

Itangazo ryashyizwe ku rukuta rwa X rwa Polisi y'u Rwanda riragira riti

U Rwanda rwateye utwatsi ibirego byo kurasa kuri MONUSCO

Ambasaderi w'u Rwanda mu muryango w'abibumbye yahakanye ibirego bya Repubulika iharanira Demokarasi

Rwiyemezamirimo w’Umurundi ugiye kumara umwaka adahemba abakozi yitakanye BRD

Ndayishimiye Dieudonne Umurundi ufite Kampani ya  BUIM icuruza umuriro ukomoka ku mirasire

MINALOC irasaba ko amakaro n’amasima ku mva bicika

Ministeri y'ubutegetsi bw'igihugu MINALOC iravuga ko yatangiye ubusabe mu nteko ishingamategeko bwo

Ikinyoma: RAB yabeshye Guverinoma inanirwa kubeshya umugenzuzi w’imari

Kimwe mu bibazo byagaragajwe muri Raporo ngarukamwaka Umugenzuzi mukuru w’Imari ya Leta

Nyuma y’imyaka 5 abimukira bazaba umutwaro ku Rwanda – Frank Habineza

Mu gihe u Rwanda rwitegura kwakira abimukira bazava mu Bwongereza ndetse n’itegeko

“Nta kaga karuta abarohama buri munsi” – U Rwanda rwasubije UNHCR

Abategetsi 2 mu Muryango w'Abibumbye, umukuru w'ishami rya ONU ryita ku mpunzi

Muri Nyakanga abimukira bo mu Bwongereza bazatangira kugera i Kigali

Inteko Ishingamategeko y'u Bwongereza, ku wa 23 Mata yemeje itegeko ryo kohereza

Urujijo ku bacungagereza bivugwa ko bafunzwe bari kwiyicisha inzara

Amakuru atangwa na bamwe mu bacungagereza n'abayobozi babo aremeza ko hari abacungagereza

Umunyamakuru Ishimwe Olivier “Demba Ba” yaburiwe irengero

Amakuru agera kuri MAKURUKI.RW yemeza ko Ishimwe Olivier bakunze kwita "Demba Ba"

Imishinga migari 10 igiye guhindura isura y’u Rwanda

Hari benshi barebera iterambere ry’ibihugu bakunze gutinda ku bikorwaremezo biba bigaragarira amaso

Uko u Bubiligi bwirukanye Umwamikazi Rosalia Gicanda ngo yicwe

Ku wa 20 Mata ubwo hibukwaga umwamikazi Rosaria Gicanda, Minisitiri w'Ubumwe n'Inshingano

Kagame ni muntu ki? – Igisubizo cya nyirubwite

Mu kiganiro Perezida Kagame yagiranye n'abanyamakuru kuwa 08 Mata ubunyamakuru Jean-François Dupaquier

Abanyeshuri bahagarariye u Rwanda mu marushanwa ya Robots basanze ageze kure

Ikipe y'abanyeshuri 10 bo muri Koleji Kirisitu Umwami I Nyanza bagiye guhagararira

Kaminuza y’u Rwanda imaze imyaka 10 isohora abanyeshuri batarangije amasomo

  Guhera mu mwaka wa 2014, Kaminuza y'u Rwanda yahinduye porogaramu y'imyigire

Umutungo wa Rwigara ugiye gutezwa cyamunara bundi bushya

Umuhesha w’inkiko w’umwuga, Védaste Habimana yongeye guhamagarira ababishoboye kugura muri cyamunara umutungo

Kenya: Umugaba Mukuru w’ingabo yahitanwe n’impanuka y’indege

Indege y'igisirikare cya Kenya (KDF) yashwanyukiye mu kirere ihita ifatwa n'inkongi, ihitana

Intebe 430,000 zikenewe mu mashuri ntizizaboneka muri uyu mwaka – Guverinoma

Ubwo Minisitiri w'Intebe Dr. Edouard Ngirente yagezaga ku bagize Inteko Ishingamategeko aho

Maj. Gen. Nyakarundi n’itsinda ry’Ingabo z’u Rwanda basuye iza Uganda

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda UPDF, Gen Muhoozi Kainerugaba, yakiriye intumwa 5

Abaganga baciye amazimwe ku buzima bwa Nkunduwimye ushinjwa Jenoside

Nkunduwimye Emmanuel ni Umunyarwanda uburanira mu Bubiligi mu rukiko rwa rubanda, akaba

Urugendo rwa Rujugiro muri politiki no mu bucuruzi kugeza yitabye Imana

Ni umunyemari wavukiye i Nyanza mu 1941, anahatangirira amashuri ariko ntiyayarangiza. Yavuye

Urutonde rw’impamyabushobozi z’icyubahiro Perezida Kagame amaze guhabwa

Kuva mu mwaka wa 2012, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagiye ahabwa

Denmark: Ibiro by’Isoko ry’Imari n’Imigabane byafashwe n’inkongi y’umuriro

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri, inyubako ikoreramo isoko ry'imari n'imigabane

Nyaruguru: Uko Burugumesitiri Nyiridandi yishwe n’Interahamwe zimuziza kuzicura ibiryo basahuye

Inkuru y'isubiranamo ry'Interahamwe mu karere ka Nyaruguru bapfa ibyo basahuye  ni kimwe

Perezida Kagame yashimiye umukecuru wavumye abajenosideri

Perezida Kagame yavuze ko uyu mukecuru yanze agasuzuguro no kugaraguzwa agati  igihe

Banki y’isi yatunzwe agatoki mu zateye inkunga Jenoside rwihishwa

Umushakashatsi w’Umubiligi Pierre Galand yatunze agatoki Banki y’Isi ndetse n’izindi banki zo