Tour du Rwanda2024: Jhonatan Restrepo yegukanye agace ka Huye-Rusizi

Ubwanditsi
Yanditswe na Ubwanditsi

Jhonatan Restrepo yongeye kwegukana Agace ka Gatatu ka Tour du Rwanda 2024 ka Huye-Rusizi nk’uko yabikoze mu 2020. Kuri iyi nshuro uyu Munya-Colombia w’imyaka 30, arakinira Ikipe ya Polti-Kometa yo mu Butaliyani, yongeye kwitabira Tour du Rwanda nyuma yo kudakina iya 2023.

Restrepo ni we ufite agahigo ko kwegukana uduce twinshi muri Tour du Rwanda aho kugeza uyu munsi amaze gutsinda turindwi, akaba yaranyuze kuri Ndayisenga Valens na Eyob Metkel begukanye uduce dutanu.

Kugeza ubu Umuholandi Pepijn Reinderink w’imyaka 21, ukinira Soudal Quick-Step Devo Team, ni we uhise yambara umwambaro w’umuhondo nk’umaze gukoresha ibihe bito ku rutonde rusange.

TAGGED:
Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
10:25 am, Apr 27, 2024
temperature icon 21°C
broken clouds
Humidity 73 %
Pressure 1021 mb
Wind 8 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 75%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 5:55 am
Sunset Sunset: 5:58 pm

Inkuru Zikunzwe