Mu myaka ine u Rwanda rwafunguye Ambasade 8 mu mahanga

Ubwanditsi
Yanditswe na Ubwanditsi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta, yatangaje ko imyaka 30 ishize u Rwanda rwaranzwe no kugirana umubano n’ibindi bihugu, aho rufite ambasade 47 mu mahanga. Kuva mu Ukwakira 2019 ubwo Rwanda Day iheruka kuba, hafunguwe Ambasade umunani.

Kuri uyu wa Gatandatu muri Rwanda Day yabereye i Washington D.C. Dr Biruta yavuze ko bwa mbere mu mateka, u Rwanda rugiye gufungura Ambasade muri Amerika y’Epfo by’umwihariko muri Bresil. Yasobanuye kandi ko na za Ambasade z’ibindi bihugu zikomeje gufungurwa mu Rwanda aho ubu i Kigali hari za Ambasade 45 z’ibihugu binyuranye.

Ibi byabyaye umusaruro mu butwererane n’ibindi bihugu mu nzego zitandukanye ndetse n’igihugu kigira ijambo n’umusanzu muri gahunda zireba Isi yose.

 

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
6:22 am, Jul 27, 2024
temperature icon 16°C
scattered clouds
Humidity 59 %
Pressure 1016 mb
Wind 3 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 40%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 6:05 am
Sunset Sunset: 6:06 pm

Inkuru Zikunzwe