Zanzibar ku mwanya wa 2 mu birwa bikwiriye gusurwa

Umwanditsi Mukuru
Yanditswe na Umwanditsi Mukuru

Icyegerenyo cyakozwe n’isosiyete itwara abantu n’ibintu ikanagira ububiko bugurishwa ya Bounce yasohoye urutonde rw’ibirwa byiza byo kuruhukiramo mu mwaka wa 2024. Ishyira Zanzibar ku mwanya wa kabiri ku isi. 

Kuri uru rutonde harebwa ibirwa bifite aho kuruhukira, Hotel, Umucanga wo kuruhukiraho ndetse n’imiterere y’ikirere. Zanzibar yaje inyuma ya Phuket ikorwa cyo muri Thailand.

Mu kwezi kwa kabiri Perezida wa Zanzibar Hussein Ali Mwinyi yatangaje ko icyi kirwa kigiye guteza imbere urwego rw’ubukerarugendo. Muri Afurika ikindi kirwa kigaragara ku rutonde rw’ibirwa 10 ni ibirwa bya Maurice biri ku mwanya wa 7.

Urutonde rwa Bounce rw’ibirwa 10 byo gusohokera mo mu mwaka wa 2024

Ibirwa bya Phuket muri Thailand

Ibirwa bya Zanzibar muri Tanzania

Ibirwa bya Crete muri Greece

Ibirwa bya Puerto Rico muri Caribbean

Ibirwa bya Majorca muri Spain

Ibirwa bya Cozumel muri Mexico

Ibirwa bya Mauritius

Ibirwa bya Aruba

Ibirwa bya Bali muri Indonesia

Iburwa bya Ibiza muri Spain na Sa

rdinia mu Butaliyani.

 

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
5:40 am, Jul 27, 2024
temperature icon 17°C
scattered clouds
Humidity 59 %
Pressure 1016 mb
Wind 3 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 40%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 6:05 am
Sunset Sunset: 6:06 pm

Inkuru Zikunzwe