Abanya-Ukraine barakariye Papa Francis

Ubwanditsi
Yanditswe na Ubwanditsi

Abaturage ba Ukraine barakariye Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Fransis uheruka gutangaza ko Ukraine yagakwiye kuyoboka ibiganiro by’amahoro n’u Burusiya.

Mu kiganiro Papa yagiranye n’igitangazamakuru cyo mu Busuwisi, yagaragaje ko kuba Ukraine yajya mu biganiro by’amahoro, ataba ari igisebo aho gukomeza kwinangira ibintu bigakomeza kuba bibi.

Abanya-Ukraine barimo na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Dmytro Kuleba, bagaragaje ko umuntu ukomeye ari we urwanirira icyiza kugira ngo atsinde ikibi.

Ku bw’ibyo rero, ngo bararwanirira icyiza, ari yo mpamvu batajya mu biganiro by’amahoro n’Abarusiya.

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
11:55 pm, May 19, 2024
temperature icon 16°C
thunderstorm with light rain
Humidity 100 %
Pressure 1022 mb
Wind 6 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 75%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 5:55 am
Sunset Sunset: 5:57 pm

Inkuru Zikunzwe